Tags : City Of Kigali

Urugugaga rw’abubatsi ruvuga ko umubare w’inzu zasenywaga ugiye kugabanuka

*Ngo kwaka uruhusa rwo kubaka hifashishijwe ikoranabuhanga bizabigiramo uruhare, *Umujyi wa Kigali wo uvuga ko inzu zihagarikwa n’izisenywa zitazabura,… Umujyi wa Kigali uritegura gutangiza uburyo bushya bwiswe BPMIS (Building Permit Management Information System) bwo kwaka uruhusa rwo kubaka hifashishijwe ikoranabuhanga. Urugaga rw’abubatsi ruvuga ko ubu buryo bushya buzatuma umubare w’inzu zasenywaga kubera kutuzuza ibisabwa ugabanuka […]Irambuye

Meya wa Nyarugenge ngo abacuruza urumogi barenze kuba “Interahamwe”

Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge n’abaturage bo mu murenge wa Kimisagara ku rugo basanzeho ububiko bwa 450Kg z’urumogi, umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba yavuze ko abacuruza iki kiyobyabwenge ari abanzi b’igihugu kuko baba bari kwangiza u Rwanda ndetse ko atabura kubagereranya n’Interahamwe zoretse u Rwanda muri Jenoside. Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba […]Irambuye

RCA yasabye ko umusanzu w’Abamotari utangwa rimwe mu kwezi aho

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko cyashyizeho amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa mu makoperative y’abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto. Muri aya mabwiriza harimo ko umusanzu w’abanyamuryango uzajya utangwa rimwe mu kwezi aho kuba buri munsi ndetse ukanyuzwa kuri konti aho guhabwa umuntu mu ntoki. Amakoperative y’abakora umwuga wo gutwara […]Irambuye

Kigali: Abakorera mu nzu 968 bazafungirwa mu mezi 3 kuko

*Ngo hari aho basangaga inzu ari urusengero kandi nyirayo yarandikishije ko ari Boucherie, *Ngo abafite amazu yemerewe gukorerwamo batangiye kugabanya ibiciro, *Igihe nikigera batarimuka, Busabizwa ati « Nta kindi ni ukubafungira. » Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko inzu 968 ari zo zimaze gutahurwa ko zikorerwamo ibikorwa bibyara inyungu kandi zarubakiwe guturwamo. Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali […]Irambuye

Mu ruzinduko arimo i Kigali, Meya wa Lusaka ati “Twe

*Agereranya Kigali nka Cape Town… Wilson Kalumba uyobora umurwa mukuru wa Zambia, ‘Lusaka’ ari mu rugendoshuri mu mujyi wa Kigali. Nyuma yo gusobanururirwa gahunda z’Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali no kwihera amaso ibikorwa remezo biri muri uyu mujyi, yavuze ko ubuyobozi arangaje imbere bufite byinshi byo gukora kugira ngo umujyi wabo ushyikire uwa Kigali. Uyu muyobozi […]Irambuye

2018: MINIRENA ivuga ko 30% by’ubuso bw’ubutaka buzaba buteyeho amashyamba

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hizihizwaga isabukuru y’ibiti ku nshuro ya 41 mu Rwanda hanatangizwa igihembwe cyo gutera ibiti, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr.Vincent Biruta yavuze ko bikwiye ko Abanyarwanda bazirikana akamaro k’amashyamba, avuga ko mu mwaka wa 2018, amashyamba azaba ateye kuri 30% by’ubuso bw’ubutaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta wagarutse […]Irambuye

Umuhanda wa Kabindi-Convention Center uratangira gukoreshwa kuwa mbere

*Ngo mu masaaha y’amanywa imodoka nini zizajya ziwukumirwamo… Kuri uyu wa 11 Kanama, umugi wa Kigali watangije imirimo yo gutunganya umuhanda uva ku Kabindi (Kimihurura) werekeza kuri ‘Rond point’  nini iri hafi y’inyubako ya Kigali Convention Center, ugakata kuri Hotel Top towel. Ubuyobozi bw’umugi wa Kigali buvuga ko uyu muhanda uzatangira kunyuramo ibinyabiziga mu ntangiro z’icyumweru […]Irambuye

en_USEnglish