Tags : CECAFA Kagame Cup

Umwaka wa 2015 muri ruhago y’u Rwanda

Umwaka wa 2015, usa n’utarahiriye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda kuko waranzwe no gutakaza bamwe mu nkingi za mwamba z’uyu mukino ukunzwe na benshi; Ruhago kandi, yaranzwe no gutsindwa kwa hato na hato kw’Ikipe y’igihugu Amavubi, ndetse amakipe (Club) yasohokeye u Rwanda mu mikino Nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo, Rayon sports […]Irambuye

AZAM FC bwa mbere mu mateka yayo yegukanye CECAFA Kagame

Ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA y’amakipe yabaye aya mbere mu karere riterwa inkunga na Perezida Paul Kagame, kuri iki cyumweri ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania niyo yaryegukanye itsinze Gor Mahia yo muri Kenya ku bitego bibiri ku busa. Iyi kipe nibwo bwa mbere yegukanye iri rushanwa. AZAM FC ya Mugiraneza Jean […]Irambuye

APR FC nyuma yo gusezererwa nabi (4 – 0) IRASABA

Ikipe ya Al Khartoum Al Watani y’i Khartoum muri Sudan imaze gusezerera ku buryo buyoroheye APR FC iyitsinze ibitego bine ku busa mu mukino wa kimwe cya kane cya CECAFA Kagame Cup i Dar es Salaam muri Tanzania. Vincent Mashami umutoza wungirije wa APR FC yatangaje ko bitwaye nabi cyane ndetse babisabira imbabazi. APR FC […]Irambuye

Abakinnyi 11 beza muri Cecafa Kagame Cup 2014

Nyuma y’uko irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2014 rirangiye ,Umuseke ugendeye ku buryo abakinnyi bagiye bitwara muri iri rushanwa, watoranyije ikipe y’abakinnyi 11 birushanwa rya CECAFA Kagame Cup. Ikipe ya 4-4-2: Umuzamu: Magoola Salim Omar (Al Mareikh) Ba myugariro: Nizigiyimana Kalim (Rayon Sports) Ayman Said Mohamedi ( El-Mereihk) Nshutinamagara Ismael Kodo (APR FC) Serge Wawa […]Irambuye

El Mereikh niyo yegukanye CECAFA Kagame Cup 2014

El Mereikh yo muri Sudan niyo yegukanye irushanwa rya CECAFA Kagame cup kuri uyu wa 24 Kanama imaze gutsinda APR FC igitego kimwe ku busa. Igikombe iyi kipe yagishyikirijwe na Perezida Kagame utera inkunga ya 60 000$ iri rushanwa buri ngo rigende neza. Habanje umukino w’umwanya wa gatatu wakinwe hagati ya Police FC na KCCA […]Irambuye

CECAFA: Rayon irangije imikino yo mu matsinda ari iya mbere

Rayon Sports yarangije imikino yo mu itsinda ryayo iri imbere, ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Atlabara yo muri Sudani y’Epfo igitego kimwe ku busa kuri uyu wa gatandatu nimugoroba kuri stade i Nyamirambo. Atlabara yagaragaje ubuhanga mu kugarira igice cya mbere kirangira amakipe yombi anganya ubusa ku busa, nubwo Rayon Sports yari yagaragaje gusatira […]Irambuye

CECAFA: APR FC bitoroshye nayo yabonye tike ya 1/4

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirabo kuri uyu wa 15 Kanama 2015 APR FC yabashije kubona ticket yo gukomeza muri 1/4 cy’amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup 2014 bitoroshye kuko yanganyije na Gor Mahia ibitego 2 – 2. Vital’o ifite iki gikombe yasezerewe rugikubita, Gor Mahia nayo yahise isezererwa none. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino […]Irambuye

CECAFA: Rayon Sports na AZAM FC, haraca uwambaye

Kuri uyu wa gatanu tariki ya  08 Kanama nibwo imikino ya CECAFA Kagame Cup itangira,  umukino wa Rayon Sports na Azam FC  yo muri Tanzaniya  niwo witezwe cyane ku i saa kumi n’imwe z’umugoroba kuri stade Amahoro i Remera. Mu minsi ishize Rayon Sports ni ikipe yatakaje abakinnyi bakomeye ndetse n’umutoza mukuru wari umenyereye. Muri […]Irambuye

en_USEnglish