Tags : Bruce Melodie

Ni Christopher? cyangwa ni Melody?

Mu bitaramo bibiri bya PGGSS 8 biheruka i Gicumbi na Musanze abahanzi Bruce Melody na Christopher nibo bigaragara ko benshi baha amahirwe yo kwegukana iri rushanwa. Ubu bombi bari ku gitutu ngo hatagira urusha undi. Aba bahanzi nibo bombi bagize abafana benshi mu bitaramo bishize. Abanyamakuru, abakorana n’abahanzi (managers) n’abandi bakurikira ibi bitaramo bya hafi […]Irambuye

Melodie na Senderi babwiye Knowless ko babona ahebuje ubwiza

Senderi International Hit umuhanzi umaze kugira abafana benshi kubera uburyo yitwara imbere y’abantu na Bruce Melodie umaze kugira izina rikomeye mu njyana ya R&B mu Rwanda bemeza ko batangazwa no kubona Knowless atazi ubwiza afite. Aba bahanzi bavuga ko mugenzi wabo Knowless ari umwe mu bakobwa beza cyane babona mu Rwanda. Ubwo bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma […]Irambuye

PGGSS5: i Gicumbi uko byari byifashe

Irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star,rikomeye mu ya muzika kurusha andi mu  Rwanda kuri uyu wa gatandatu ryakomereye i Gicumbi. Iri rushanwa riri kuba kunshuro ya gatanu. Abantu bari benshi cyane mu mujyi wa Byumba baje kwakira abahanzi 10 bakunzwe kurusha abandi mu Rwanda. Ku nshuro ya gatanu irushanwa rya Primus Guma Guma ribaye, haribazwa umuhanzi […]Irambuye

Mu rukiko Bruce Melodie atsinze Super Level

Nyarugenge, 18 Werurwe 2015 – Urukiko rw’ubucuruzi i Nyamirambo rwanzuye kuri iki gicamunsi ko ikirego Richard Nsengumuremyi umuyobozi akaba na nyiri inzu itunganya muzika ya Super Level yaregaga Itahiwacu Bruce ngo umutungo we ufatirwe nta shingiro gifite, bityo Itahiwacu agumana uburenganzira ku mutungo we. Hagendewe ku masezerano Bruce Itahiwacu uzwi mu buhanzi nka Bruce Melodie […]Irambuye

Massamba yasubiyemo ‘Nyeganyega’ na Supel Level

Massamba Intore yasubiranyemo indirimbo ye yise ‘Nyeganyega’ n’abahanzi bo mu nzu itunganya muzika izwi ku izina rya Super Level. Mu minsi ishize Massamba yari yatangaje ko umuhanzi ushaka gukorana nawe babiganira nta kibazo. Ubu bufatanye ngo ni indi ntambwe nshya yo gukorana hagati y’abahanzi bo hambere n’abahanzi bo muri iki gihe. Makanyaga Abdoul wo mu bahanzi bakanyujijeho aherutse […]Irambuye

“Nubwo ndi mu mazina akomeye, banyitondere”- Bruce Melodie

Bruce Melodie ari muri batatu ba nyuma bari guhatanira PGGSS IV, avuga ko nubwo abo bari kumwe  bakomeye ariko aho bigeze ubu nawe atoroheje muri muzika bakwiye kumwitondera. Itahiwacu Bruce (Bruce Malodie) ni inshuro ye ya mbere yitabirirye iri rushanwa, yahise agera muri batatu ba nyuma kubera ahanini impano ye yo kuririmba neza no gushimisha […]Irambuye

PGGSS igeze muri LIVE: Amag the Black na Bruce Melodie

Primus Guma Guma Super Star kuri iyi nshuro ya kane abahanzi inyota yo kuryegukana ni yose, kuva aho ibintu bihindukiye aho hatarebwa ukunzwe gusa ahubwo hanarebwa ubuhanga bw’umuhanzi cyane mu kuririmba by’umwimerere, byatumye n’abahanzi batahabwaga amahirwe biyongerera icyizere. Amag the Black na Bruce Melodie nubwo ari ubwa mbere binjiye muri iri rushanwa ubu nabo ntibivana […]Irambuye

en_USEnglish