Tags : Amb Claver Gatete

Ngo buri mwaka hateganywa ayo kwishyura abakoraga muri komini ariko

*MINECOFIN ivuga ko abari abakozi ba komini bujuje ibisabwa bose bishyuwe Mu kiganiro yagiranye n’Abadepite bagize komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage kuri uyu wa mbere, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Amb. Claver Gatete yavuze ko mu ngengo y’imari ya buri mwaka hateganywa amafaranga yo kwishyura ibirarane by’abantu bahoze ari abakozi b’ibyahoze ari komini n’abahoze ari abarimu muri icyo […]Irambuye

Ugurishije umutungo utimukanwa ashobora kujya asora 5% y’inyungu

*Ku isoko ry’imari n’imigabane, abanyamahanga n’Abanyarwanda bazajya basora angana Agaragariza Abadepite umushinga wo kuvugurura Itegeko rishyiraho imisoro ku musaruro, kuri uyu wa 29 Nyakanga, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Claver Gatete , yavuze ko muri uyu mushinga hashyizwemo ingingo nshya ivuga ko umuntu ugurishije umutungo utimukanwa azajya asora 5% ku nyungu akuye muri uwo mutungo, ngo u Rwanda […]Irambuye

‘Budget’ ya AU: 76% yavaga mu baterankunga, ubu AU igiye

*Ibitekerezo: Ngo uraye muri Hotel yajya atanga amadolari 2 buri joro, uteze indege akongeraho 10; *Uburyo bwakoreshwaga n’ibihugu by’ibinyamuryango mu gutanga inkunga bwahinduwe… Agaragaza ibyaraye biganiriweho n’Abakuru b’ibihugu na Guverinona ku nkunga igenerwa AU, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda, Amb. Claver Gatete yavuze ko 76% by’amafaranga yakoreshwa n’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yaturukaga mu baterankunga, ariko […]Irambuye

Ku ngengo y’Imari ya 2015/2016 hiyongereyeho miliyari 40

*Ugereranyije n’ingengo y’imari yotowe tariki 30/6/2015 hiyongereho amafaranga miliyari 40,6. *Mu byatumye ayo mafaranga yiyongera hari amafaranga ya DFID, Banki y’Isi n’aya Global Fund atari yakoreshejwe mu ngengo y’imari 2014/15. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Claver Gatete yagejeje umushinga w’ingengo y’Imari ya 2015/16 ivuguruye ku Nteko rusange y’Abadepite, miliyari 40,6 z’amafaranga y’u Rwanda nizo ziyongereho ugereranyije […]Irambuye

Ingengo y’imari 2015/16 igice kinini kizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage

Ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi mu Rwanda, Amb. Claver Gatete yagezaga ku Nteko rusange y’abadepite n’abasenateri yavuze ko 50% by’ingengo y’Imari mu mwaka 2015-2016 bizakoreshwa mu iterambere ry’abaturage n’imibereho myiza, mu guhanga imirimo no mu guteza imbere imibereho myiza. Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Kamena, mu bihugu byose byo mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

INILAK yatsinze irushanwa rya CM University Challenge 2014

Ejo kuri Hoteli Serena I Kigali habereye umuhango guhemba abanyeshyuri bo muri Kaminuza y’Abadivantisite ya INILAK     nyuma yo gutsinda irushanwa ryateguwe n’Ikigo  cy’igihugu cy’isoko ry’imigabane(Capital Market Authority) mu rwego rwo gushishikariza Abanyarwanda umuco wo kwizigama no gukoresha isoko ry’imigabane. Minisitiri w’Imari, Ambasaderi Gatete Claver wari umushyitsi mukuru yabwiye abantu basaga 300 bari bitabiriye uyu muhango  […]Irambuye

en_USEnglish