Ahagana saa kumi n’imwe zo mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Nzeri, umusirikare umusirikare wo muri Bataillon ya 73 utaramenyekana neza amazina yarashe mu bantu benshi mu kabari kitwa Caribana Pub kari mu murenge wa Gisenyi akagari ka Kivumu, umwe mu bari muri aka kabari yahise yitaba Imana abandi babiri barakomereka bikabije. Umunyamakuru w’Umuseke uri kuri […]Irambuye
RWANDA DAY ya gatandatu yaberaga i Atlanta muri Leta ya Georgia muri USA kuri uyu wa 20 Nzeri. Perezida Kagame ageza ijambo yegeneye abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda zari ziteraniye aha, yibukije ko abanyarwanda bagomba gukora buri wese atanga umusanzu we ku kubaka igihugu atizigamye. Rwanda Day y’i Atlanta yibanze cyane ku ijambo “Agaciro” aho yanabanjirijwe […]Irambuye
19 Nzeri 2014, Kacyiru – Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka avuga ko abayobozi bagira uburangare mu gukemura ibibazo by’abaturage byanze bikunze bubagiraho ingaruka ndetse hari ibihano bibagenerwa n’ubwo bitajya kumugaragaro. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyasobanuraga ku itangizwa ry’ukwezi kw’Imiyoborere, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ukwezi kuzaba hagati ya tariki 22 Nzeri na 24 Ukwakira […]Irambuye
Mu kwezi kwa kane uyu mwaka, umugabo Daniel Nkundimana yahamagaye abantu ababwira ko akora ku Rwego rw’Umuvunyi ko yabafasha ku kibazo bagejeje ku Rwego rw’Umuvunyi. Mu magambo yavugaga , yababwiraga ko baramutse bamuhaye amafaranga ibihumbi ijana (100,000frw) yabafasha ikibazo cyabo kigakemuka vuba aho kiri, ko we nk’umukozi w’Urwego rw’Umuvunyi yagira ingufu akoresha bigakemuka. Itangazo ryasohowe […]Irambuye
Ubuhanuzi bw’iterabwoba ni kimwe mu bigaragara bishobora guhagurukirwa n’inzego z’umutekano w’u Rwanda aho Polisi y’Igihugu yakanguriye abayobozi b’amatorero kurwanya ubuhanuzi bw’iterabwoba ndetse n’ubukorerwa mu kavuyo. Ku bitaro by’abarwaye mu mutwe i Ndela bavuga ko hari bamwe bahazanwa bagasanga bari bafite ikibazo cyo mu mutwe. Ubuyobozi bw’ibitaro by’abarwayi bo mu mutwe i Ndela buvuga ko hari […]Irambuye
Inama ya gatatu ya komisiyo z’impande z’u Rwanda na Congo Kinshasa yiga ku ivugururwa ry’imbibi z’u Rwanda na Congo yateraniye i Rubavu kuri uyu wa 18 Nzeri yatangaje ko kugirango hasubizweho ‘bornes’ zigaragaza neza imipaka y’ibi bihugu hakenewe ingengo y’imari ya miliyoni imwe y’amadorari ya Amerika. Mu gice cy’uburengerazuba bw’amajyaruguru y’u Rwanda hakomeje guteza ikibazo […]Irambuye
Gicumbi – Urubanza rwa Pte Theogene Munyambabazi warashe abantu batanu bagapfa rwongeye gusubukurwa kuri uyu wa 18 Nzeri, mu iburanisha ryabereye munzu mberabyombi y’Akarere ka Gicumbi, uyu musirikare yavuze ko asaba imbabazi imiryango yiciye abayo ndetse n’ingabo z’u Rwanda abarizwamo. Uru rubanza ruri ruburanishwa n’abasirikare. Umushinjacyaha yatangiye asobanura uko uregwa yakoze icyaha biturutse ku makimbirane […]Irambuye
Kimihurura, 18 Nzeri 2014 – Mu kiganiro Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Anastase Murekezi yagiranye na Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda Donald W. Koran, yamugaragarije imigambi y’ingenzi afite mu gukomeza iterambere ry’igihugu. Banavuze ku nkunga u Rwanda rwatanga mu guhangana n’icyorezo cya Ebola gikomeje koreka imbaga muri Africa y’Iburengerazuba, hari kandi mu rwego rwo […]Irambuye
Igihugu cy’Ububiligi cyahaye icumbi uwahoze ayoboye umutwe wa jandarumori (gendarmerie) mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Maj Gen. Augustin Ndindiliyimana, wagizwe umwere n’urukiko mpanabyaha rwa Arusha (ICTR) ku byaha bya Jenoside yari akurikiranyweho. Ibiro ntaramakuru Hirondelle biravuga ko “Gen Ndindiliyimana yabonye impapuro z’inzira z’igihugu cy’Ububiligi akaba yiteguye kuzinga utwe akerekezayo.” Ayo makuru yatangarijwe […]Irambuye
Kigali – Ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Nzeri, Mu Kiganiro nyunguranabitekerezo cyahuje Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere,umugi wa Kigali, Minisiteri y’Umutekano n’abayobozi b’amatorero atandukanye muri Kigali hatangajwe ko uturere tw’Umujyi wa Kigali dufite Raporo y’insengero zigiye gufungirwa kubera inyubako zitujuje ibyangombwa kandi ziteza urusaku mu nsisiro zituwe n’abantu. Muri iyi nama yari iteranijwe n’urusaku rukabije […]Irambuye