Umuyobozi ushinzwe imenyekanisha bikorwa muri FERWAFA yatangarije Umuseke kuri uyu wa 24 Nzeri ko umukino wa gicuti Amavubi yagombaga kuzakina n’ikipe y’igihugu ya Kosovo utakibaye kubera ikibazo cya ‘budget’. Amavubi y’umutoza Stephen Constantine yari afite imikino ibiri ya gicuti irimo uwo bazakina na Maroc hagati ya tariki ya 6-14 Ukwakira 2014 wasabwe na Maroc, n’uwari […]Irambuye
24 Nzeri 2014 – Mu muhango wo guha ku nshuro ya 4 abanyeshuri barangije mu ishuri gatolika rya Kabgayi ( ICK) Umuyobozi w’ikigo gishinzwe guteza imbere imishinga no kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi Prof Munyanganizi Bikoro, yavuze ko iki kigo, kigamije gukora ubushakashatsi buzafasha abaturage gutera imbere mu myuga bakora. Uyu muhango wo gutanga impamyabumenyi […]Irambuye
Angelique Kantengwa wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB), yitabye urukiko rw’ibanze rwa Nyamirambo kuri uyu wa 24 Nzeli 2014. Ubushinjacyaha bwamureze guhombya Leta akayabo ka miliyari na miliyoni zisaga 600 ndetse no gutanga ibya Leta ku buntu. Ubushinjacyaha bwavuze ko imirimo yo gukora igishushanyombonera cy’ahazubakwa amazu ya RSSB i Gacuriro yagombaga gukorwa na […]Irambuye
Nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda hari hatangiye gucicikana amakuru y’uko umugore waguye mu bitaro bya Muhima kuri uyu wa gatatu yaba yahitanywe na Ebola, aya makuru yanyomojwe n’Umuyobozi w’Ibitaro bya Muhima mu kiganiro kirambuye yagiranye na UM– USEKE ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki 24 Nzeri 2014. Amakuru yacicickanaga avuga uyu […]Irambuye
Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) rirateganya guhura n’umubare munini mu bitabiriye imurikagurisha riri kubera mu karere ka Rwamagana, kugira ngo abaryitabiriye bashishikarizwe kandi bahabwe ibisobanuro birambuye ku kamaro ko kwiga imyuga n’ubumenyingiro. Ubu bukangurambaga burakorwa bitewe n’uko benshi bagifata kwiga imyuga nk’amaburakindi. IPRC East iri gusobanurira abaturage ibyiza byo kwiga […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 24 Nzeri 2014 ku kicyaro cya Minisiteri y’ibikorwa remezo ku Kacyiru Dr Alexis Nzahabyanimana wari uhagaririye Leta y’u Rwanda na Ambasaderi w’Ubudage Peter Fahrenhlz basinye amasezerano ku mikoranire y’ingendo z’indege hagati y’ibi bihugu byombi. Minisitiri wa Leta ushinzwe gutwara abantu n’ibintu Dr. Alexis Nzahabwanimana yavuze ko aya masezerano ari ingenzi cyane […]Irambuye
Shyaka Prince umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’ u Bushinwa uzwi ku izina rya Slim Dallas, asanga mu njyana zose zirirmbwa n’abahanzi bo ku isi yose HipHop ariyo njyana ushobora gutambutsamo ubutumwa buri wese ashobora gutega amatwi akabwumva. Uyu muhanzi avuga ko imwe mu mpamvu igaragarira buri wese ari ku irushanwa rya Primus Guma Guma […]Irambuye
Police yo muri Kenya yafunze umugore wiyemerera ko yakubise umwana we akamwica amazijije amashilingi 20, ni hafi amafaranga 150 y’u Rwanda. Uyu mwana w’umukobwa witwaga Esther wishwe na Nyina yari afite imyaka icyenda y’amavuko. Uyu mugore witwa Janet Sakwe w’imyaka 37, yabwiye The Daily Nation ko yafashwe n’uburakari bwinshi agakubita umwana we ngo kuko yamubazaga aho […]Irambuye
Jean François Losciuto, umutoza mushya w’ikipe ya ASFA Yennenga yageze i Ouagadougou kuwa mbere w’iki cyumweru nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byaho. Ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ouagadougou Losciuto yavuze ko yumva afite iby’ingenzi kugira ngo ikipenshya aje gutoza ayizamure. Ati “ Nsanzwe menyereye igitutu kuko nagikoreyeho mu makipe nanyuzemo. Mbyitwaramo neza nta kibazo.” Uyu mutoza […]Irambuye
.Gusenga, kuramya, ukaririmba nturenze imbago ni ikizamini. .Inama ya La Parisse yaba yaratandukiriye yiga ku bindi bibazo by’ingutu. .Abayobozi b’amadini n’amatorero bemeye ko bagiye guhagarika urusaku bakina? Ku cyumweru tariki 21 Nzeri, abayobozi b’amadini n’amatorero bane batawe muri yombi aho bashobora kuzahanwa n’itegeko rihana urusaku. Tariki ya 17 Nzeri, hari kuwa gatatu, ubwo habaye inama […]Irambuye