Month: <span>September 2014</span>

Ariko ubundi umuco nyarwanda ni iki?

Hashize igihe kitari gito nsoma cyangwa se nkumva inkuru zivuga ku muco nyarwanda, ngasanga inyinshi zigarukira ku myambarire n’imbyino bya kinyarwanda. Hanyuma bikantera kwibaza niba hagati y’umuco nyarwanda n’imyambarire cyangwa imbyino za kinyarwanda twashyiramo ikimenyetso cya bihwanye. Bikunze no kugaragara cyane mu bukwe, aho bavuga ko basaba bya kinyarwanda, yenda ugasanga ibyo bise ibya kinyarwanda […]Irambuye

Innocent Seninga yagizwe umutoza mushya wa Isonga FC

Kuri uyu wa 26 Nzeri 2014 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Isonga FC bwashyizeho umutoza mukuru mushya w’iyi kipe ikinisha ahanini abakinnyi bakiri bato batarimo abanyamahanga. Uwo ni Innocent Seninga wari umutoza wungirije muri iyi kipe. Uyu mutoza yahawe amasezerano y’umwaka umwe, ahabwa inshingano zo kugumisha Isonga FC mu kiciro cya mbere ndetse no kwigisha abana […]Irambuye

U Rwanda ntirukeneye kwigereranya n’ibihugu bikennye- Mbabazi

Kigali, 26 Nzeri 2014 – Mu muhango wo kwesa imihigo mu nzego z’urubyiruko no gusinya imihigo y’umwaka utaha, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga (MYICT), Rosemary Mbabazi yanenze uburyo uturere twabonye amanota yegereje 100% mu mihigo kandi hakiri ibibazo byinshi mu rubyiruko, asaba abahagarariye urubyiruko kongera imbaraga mu byo bakora kuko u Rwanda rushaka […]Irambuye

Abanyarwanda batatu nibo bamaze kugeza ibirego ku rukiko rwa EAC

Kuva mu myaka 13 rutangiye kwakira ibirego bitandukanye, Urikiko rw’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Africa w’iburasirazuba rumaze kwakira imanza 151, muri izi izo mu Rwanda zikaba ari eshatu gusa. Urukiko rwa East Africa Court of Justice rwatangiye mu mwaka wa 2001  kimwe n’izindi nzego zigize umuryango w’Africa y’uburasirazuba nk’inzira imwe yo gufasha gukemura amakimbirane, gufasha ibi […]Irambuye

Gicumbi: Umunyeshuri wa Kaminuza yabyaye abakobwa batatu

Mu bitaro bikuru bya Byumba, kuri uyu wa kane 24 Nzeri 2014 umubyeyi witwa Alice Kayirebwa yabyaye abana batatu bavutse neza nta kibazo bagize. Aba bana bavutse mu minsi ibiri itandukanye. Kayirebwa yiga mu mwaka wa kabiri  mu ishami ry’icungamutungo mu ishuri rikuru rya IPB, yabwiye Umuseke ko uwa mbere yavutse mu ma saa mbiri […]Irambuye

Ryumugabe wasambanyije UMUKOBWA WE ku ngufu yakatiwe imyaka 15

Iburasirazuba – Faustin Ryumugabe utuye mu kagali ka Nyankurazo Umurenge wa Kigarama Akarere ka Kirehe wari ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’imyaka 17 yahamwe n’icyaha kuri uyu wa gatanu akatirwa igifungo cy’imyaka 15 no gutanga ihazabu y’amafaranga ibihumbi 100 y’u Rwanda. Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 76 y’tegeko ngenga numero 01/2012  ryo ku italiki ya […]Irambuye

Col Byabagamba na Rusagara basabye kurekurwa kuko baregwa ibyoroheje

Nyamirambo – Kuri uyu wa 26 Nzeri 2014 iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ry’abasirikare barimo Col Tom Byabagamba wahoze akuriye ingabo zirinda umukuru w’igihugu na Frank Rusagara wahoze mu basirikare bakuru rwasubukuwe. Baburanaga ku ifungwa n’ifungrwa ry’agateganyo. Ubushinjacyaha bwatangiye busubiramo ibyo abasirikare baregwa kandi bareganwa na Francois Kabayiza wahoze ku ipeti rya Sergent mu ngabo. […]Irambuye

Muhanga: Abakozi bagambaniye Shebuja ngo yakwe isoko yatsindiye

Mu  bakozi  36 bakorera mu ibagiro rya Misizi, riherereye mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga,  babiri muri bo baratungwa agatoki  mu kugira uruhare  rwo guteza amakimbirane  mu bakozi  bakorera  muri iryo bagiro bagamije kwambura isoko rwiyemezamirimo Gatete  Fidèle watsindiye isoko ryo gukoresha iryo bagiro. Bahereye  ku maburuwa  aba bakozi  bandikiye Umuvunyi Mukuru, bagaha […]Irambuye

Ubwiriza ijambo ry'Imana hanze aba akwiye gusa n’ibyo avuga –Nzeyimana

Bishop Innocent Nzeyimana umuyobozi w’amatorero ya gikristo mu karere ka Nyarugenge yabwiye Umuseke ko asanga abavugabutumwa, abaririmbyi baririmbira Imana n’abandi bakora umurimo w’Imana ngo baba bakwiye kwerekana hanze ko ibyo bavuga bisa n’ibyo bakora. Bishop Nzeyimana avuga ko uwigisha mu ndirimbo ziramya zigahimbaza Imana(Umuriribyi) cyangwa ubwiriza ubutumwa mu magambo gusa(Umuvugabutumwa)  agomba kuba ari umukristo wuzuye. Ikindi […]Irambuye

Kantengwa, adahari, yakatiwe gufungwa iminsi 30 by’agateganyo

Nyamirambo – Kuri uyu wa 25 Nzeli 2014, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwenzuye ko Kantangwa Angelique wari umuyobozi wa RSSB ndetse ari Perezida w’inama y’ubutegetsi ya UDL(Ultimate Developper Ltd)  afungwa by’agateganyo iminsi 30  kuko ibyaha ashinjwa bikomeye kandi akaba nta ngwate  ikubye kabiri amafaranga  ashinjwa guhombya Leta yerekanye ngo aburane ari hanze. Angelique Kantengwa ntiyagaragaye […]Irambuye

en_USEnglish