Iki kibazo gikunze kwibazwaho na benshi ugasanga akenshi basubiza ko ari ubushobozi bubura, ubundi bakavuga ko ari impano zibura. Ariko ntekereza ko ikintu kinini kibura mu muziki ari ubutumwa. Mumyumve neza mu bihangano byose habamo ubutumwa ariko ibi ntibisobanuye ko ubu butumwa buba buberanye n’umuryango mugari bwakorewe. Abamamaye bemshi mu myidagaduro (ubuhanzi) n’ubwanditsi bamenyekanye kubera […]Irambuye
29 Nzeri 2014 – U Rwanda ruritegura kwakira inama ivuga ku ikoranabuhanga, ‘Smart Rwanda Days’ kuwa kane no kuwa gatatu muri iki cyumweru, mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’urubyi Jean Philbert Nsengimana yavuze ko ICT yagize uruhare rwa 2% mu musaruro mbumbe w’igihugu (GDP), yanasobanuye na byinshi ku ruhare rw’ikiranabuhanga mu kwihutisha icyerekezo cy’ubukungu bwubakiye […]Irambuye
Mu mahugurwa ku bashoferi n’abakomvayeri (conveyors)batwara abantu mu mujyi wa Kigali yatangiye kuri uyu wa 29 Nzeri, bari kuganira banungurana inama ku gutwara abantu neza no guha servisi nziza ababagana. Aya mahugurwa yateguwe n’inzego z’Umujyi wa Kigali, Polisi ishami ryo mu muhanda n’ikigo cy’igihugu ngenzuramikorere, RURA hagamijwe ahanini gukumira impanuka za hato na hato zitwara […]Irambuye
Muri iyi week end ku nshuro ya kabiri nibwo mu Rwanda hebereye Culture Fashion Show, umuhango wo kumurika imideri n’imyambaro yakozwe n’abanyamideri batandukanye, uyu muhango wabereye kuri Pt Stade i Remera. Witabiriwe n’abantu benshi bari baje kureba ibyateguwe n’abakora imyenda (designers) bagera ku 10, umunani bo mu Rwanda na babiri b’i Burundi. Hari abamurika iyi […]Irambuye
Abanyamakuru bo mu Rwanda bavuga ko kimwe mu bibazo bikomeye bahura nabyo harimo ubushobozi, imibereho mibi, guhembwa nabi no kudahabwa uburenganzira bwabo rimwe na rimwe byabangamira gukora umwuga wabo mu bwisanzure. Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Nzeli 2014 mu nama yahuje Abanyamakuru RGB n’inzego zirebwa n’itangazamakuru abanyamakuru niho bagarutse kuri bimwe mu bibazo […]Irambuye
Mu rugero rw’ubujurire rw’urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ruri Arusha kuri uyu wa 29 Nzeri rwakatiye Mayato Ngirumpatse na Eduard Karemera gufungwa burundu, igihano cyari cyabafatiwe n’ubundi mu 2011 kubera ibyaha bya Jenoside. Matayo Ngirumpatse wari umuhanzi ukomeye akaba na Perezida wa MRND na Edward Karemera wari Umuyobozi Wungirije w’iryo shyaka, bombi bahamijwe ibyaha […]Irambuye
RwandAir, established in 2002 is the National Carrier for the Republic of Rwanda. RwandAir mission statement is “to provide unsurpassed, safe and reliable services in air transportation, including strategically linking Rwanda with the outside world, while ensuring a fair return on investment.” The majority share holding of the company is the Government of Rwanda. Position […]Irambuye
Knowless Butera, umuhanzikazi umaze kugira izina rikomeye muri muzika nyarwanda, asanga bimwe mu bintu bishobora gufasha urubyiruko rw’iki gihe gukura neza ari uko rwagira urukundo, rugasenga ndetse rukanagira ikinyabupfura (kubaha). Nk’uko uyu muhanzikazi abitangaza, avuga ko mu gihe u Rwanda ruzaba rufite urubyiruko rwinshi rurangwa n’urukundo nta hantu na hamwe hashobora kuzongera guturuka amacakubiri. Knowless […]Irambuye
29 Nzeri 2014 – Umuvugizi wa Police y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, Spt Modeste Mbabazi yatangaje mu kiganiro kitwa ‘Urubuga rw’itangazamakuru’ ku Isango Star ko nta bikoresho abafana b’Umupira w’amaguru bakoresha bafana byitwa Vuvuzela byemerewe gukoreshwa ahandi hantu hatari muri stade imbere. Muri iki kiganiro Spt Modeste Mbabazi yavuze ko gufana byemewe ariko bigakorerwa […]Irambuye
Mu minsi ishize u Rwanda rwavanywe ku rutonde rw’ibihugu bizitabira irushanwa rya Big Brother Africa kubera impamvu zo gutinda kubona ibyangombwa ku bashoboraga kuryitabira, inkongi y’umuriro yibasiye aho rizabera yatumye ryigizwayo, bisa n’ibyahaye umwanya abanyarwanda bari batoranyijwe kuzaryitabira. Frank Joe na Arthur Nkusi amakuru agera k’Umuseke ni uko bamaze kwerekeza muri Africa y’Epfo muri gahunda […]Irambuye