Month: <span>April 2014</span>

Live Music nanone kuri uyu wa gatanu muri Greenwich Hotel

Kuwa gatanu tariki 02 Gicurasi nimugoroba, Greenwich hotel yabateguriye nanone igitaramo cy’umuziki wa Live, abari bahari ubushize bishimiye cyane uko byagenze, kuri uyu wa gatanu umuhanzi w’inzobere muri muzika ya Live Franck Jones arabataramira. Greenwich Hotel hejuru ya serivisi nziza za Hotel ibagezaho yongeraho n’akarusho ko kubafasha kuruhuka neza nyuma y’imirimo myinshi y’icyumweru, ibategurira ibitaramo […]Irambuye

Ngo nta mwana muto agomba gufunguza Konti atari kumwe n’ababyeyi

Mu kiganiro kuri uyu wa kabiri tariki 28/10/2014 cyateguwe n’ihuriro ry’ibigo by’imari iciriritse, AMIR, mu rwego rwo gukangurira abana kugira umuco wo kuzigama, hagaragaye imbogamizi ku bana z’uko abataruzuza imyaka mu yemewe n’amategeko badashobora gufunguza Konti muri Bank batari kumwe n’ababyeyi babo nk’uko Eric Rwigamba ushinzwe guteza imbere ibigo by’imari muri Minecofin abivuga. Eric Rwigamba […]Irambuye

StarTimes yahaye amashanyarazi inshike za Jenoside i Nyamagabe

Murwego rwo kwifatanya n’abanyarwanda kwibuka kunshuro ya 20 jenoside yakorewe abatutsi 1994 ubuyobozi n’abakozi  ba StarTimes mu Rwanda basuye urwibutso rwa Jenoside i Murambi ya Nyamagabe  bunamira inzirakarengane zisaga ibihumbi 50 000 zihashyinguwe, banafasha inshike za Jenoside batandatu nanifatanye n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe hamwe n’abaturage mu muganda. Nyuma y’umuganda, abafatanyabikorwa basuye urwibutso rwa Jenoside rwa […]Irambuye

Ubufaransa buribaza impamvu Ububiligi,Amerika,…bo batabazwa Jenoside

Patricia Adam, Depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’Ubufaransa akaba ari nawe uyoboye komisiyo y’umutekano n’ingabo aremera ko hakwiye gukorwa irindi perereza ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi ariko agasaba ko niba bikozwe byakorwa n’umuryango w’Abibumbye kandi bigakorwa no ku bindi bihugu by’ibihangange nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ububiligi, Ubwongereza, Uganda n’ibindi. Nyuma y’uko […]Irambuye

Kode ari mu bahanzi bahatanira Euro music contest 2014

Ngeruka Faysal umuhanzi w’Umunyarwanda ukunzwe cyane mu njyana ya R&B mu gihugu cy’u Bubiligi ari naho abarizwa uzwi muri muzika nka Kode, ari mu bahanzi bahatanira ‘Euro Music Contest 2014’. Euro Music Contest ni rimwe mu irushanwa risanzwe ribera k’umugabane w’i Burayi rihuza abahanzi bahagarariye ibihugu byabo bigera kuri 40, iri rushanwa ryashyize ahagaragara abahanzi […]Irambuye

Ikigo nderabuzima cya Mbuye kibutse jenoside ku nshuro ya gatatu

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Mata 2014, nibwo Ikigo nderabuzima cya Mbuye, giherereye mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, kibutse abaganga, abarwayi, abarwaza, ndetse n’abandi bakozi bakoreraga icyo kigo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Icyo gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20, kikaba gikozwe niki Kigo nderabuzima […]Irambuye

U Rwanda rwatomboye Libya mu guhatanira itike yerekeza muri CAN

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yatomboye kuzahura n’ikipe y’igihugu ya Libya mu mikino y’amajonjora yo guhatanira itike yo kuzitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika kizaba mu mwaka wa 2015 (CAN 2015) kizabera muri Marroc. Tombora yabaye kuri iki cyumweru tariki ya 27 Mata 2014, niyo yerekanye inzira Amavubi azacamo mu guhatanira itike yo kwerekeza mu […]Irambuye

GroFin yahuguye abikorera ku bijyanye n'imikoreshereze y'imari

Ikigo cy’imari GroFin Rwanda gitanga inguzanyo ku bacuruzi na ba rwiyemezamurimo batandukanye cyahaye amahugurwa abo bakorana nacyo ku buryo bwo gukoresha neza inguzanyo bahabwa igamije kubateza imbere no kunoza ibikorwa byabo kugirango bidahomba. Umuyobozi wa GroFin Rwanda avuga ko ibigo bito n’ibiciriritse mu Rwanda iyo bifunguye bimara igihe gito nyuma bigafunga kubera igihombo bahura nacyo. […]Irambuye

en_USEnglish