Abakinnyi ba sinema bakunzwe cyane muri Afurika Jackie Appiah na Prince David Osei bo muri Ghana bageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Mata. Bavuga ko kimwe mu bibazanye ari ugushaka imikoranire myiza n’abayobozi n’abakinnyi ba sinema mu Rwanda. Ahagana ku i saa kumi n’imwe z’umugoroba (17:00Pm), nibwo aba bakinnyi bageze ku kibuga cy’indege i […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu, mu nama idasanzwe ya 12 ihuza abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yateraniye i Arusha muri Tanzania bemeje ahazashingwa ikimenyetso cy’urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse biyemeza guharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi muri aka karere. Iyi nama yitabiriwe na Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, Perezida wa Ouganda Yoweri […]Irambuye
Abaturage b’abanyecongo Kinshasa bagera ku 50 000 ubu nibo bamaze kwirukanwa n’inzego z’umutekano za Congo Brazzaville ngo basubire iwabo, ibikorwa byo kubirukana byatangiye kuwa 03 Mata, abirukanwa baravugako banakorerwa ihohoterwa n’ubwambuzi nk’uko bitangazwa na bamwe muri bo. Amagana y’abantu yirukanwa muri i Brazzaville buri munsi ngo arisuka ku cyambu cya Beach Ngobila i Kinshasa Umuyobozi […]Irambuye
Komisiyo y’Inteko nshingamategeko y’u Rwanda ishinzwe imicungire y’umutungo wa Leta(PAC) mu rwego rwo gusuzuma imikorere y’ikigo cya EWSA, iyi komisiyo mu Ruhango yasanze abaturage bararenganijwe bikomeye n’iki kigo aho bimwe ingurane zabo none hashize imyaka 10 yose. Ubwo abadepite bagize iyi komisiyo bageraga mu Karere ka Ruhango bakuriwe na Hon. Karenzi Théoneste bafashe umwanya uhagije […]Irambuye
Muri gahunda guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangije yo kubabarira abari inyeshyamba bayirwanyaga biganjemo abo mu kitwe ya M23, Bundi dia Kongo, Kata Katanga n’abandi, kuri uyu wa gatatu yashyize ahagaragara urutonde rw’abagera ku ijana (100) bashya yababariye nanone. Ni ku ncuro ya kabiri Congo-Kinshasa itanze imbabazi kubahoze ari inyeshyamba bayirwanya. Muri bo […]Irambuye
30 Mata – Ku bufatanye bwa Ministeri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga ndetse n’Inama y’igihugu y’Urubyiruko kuva tariki 02 Gicurasi hazatangira igikorwa cya Youth Connect ku nshuro ya kabiri. Alphonse Nkuranga Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’igihugu y’Urubyiruko, kuri uyu wa gatatu, yatangaje ko uyu ari umwanya mwiza ku rubyiruko wo kwitabira ibi bikorwa bakavoma inama zarufasha kunoza imyitwarire n’intego […]Irambuye
Nyuma y’aho umuhanzi Kizito Mihigo akurikiranywe n’Ubutabera ku cyaha cyo kugambanira igihugu ndetse n’umuyobozi mukuru w’igihugu, benshi mu bahanzi barasaba urubyiruko kurushaho kuba maso birinda umuntu wese wabashakaho umusanzu mu gusubiza u Rwanda mu bihe bibi rwanyuzemo. Aba bahanzi bavuga ko urubyiruko rushobora gushukishwa amafaranga cyangwa ikindi kintu ngo ruhungabanye umutekano w’igihugu, abahanzi barimo Jay […]Irambuye
Mubano Clement, umusore w’imyaka 31 utuye mu murenge wa kacyiru mu kagari ka Kibaza mu mudugudu wa Mutako ahakunzwe kwitwa ku kazu k’amazi ku Kacyiru kuva ku cyumweru yaburiwe irengero. Abamufashe bavuganye n’inshuti ze bavuga ko bashaka miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda ngo bamurekure. Ku cyumweru nimugoroba nibwo uyu musore baheruka kumenya ibye agiye kureba umupira […]Irambuye
Nyuma yo kuvugwaho ibintu bitandukanye birimo ko yaba yaraburiwe irengero, gufungwa ndetse no guhunga igihugu n’urubuga rwe rugashimutwa nk’uko abitangaza, Umunyamakuru Ntwali John Williams aremeza ko ari ari mu Rwanda n’ubwo ngo ariho bya mbar’ubukeye. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Ntwali John Williams yavuze ko ngo n’ubwo abona bucya, agakomeza ibikorwa bye ku mugaragaro ngo mu […]Irambuye
Umwami Yuhi Mazimpaka amaze gutanga, umuragwa w’ingoma( Prince heritier) Rujugira yavuye mu Gisaka aho yari yarahungiye aza kwima ingoma ya Se. Ubwami bwe baranzwe n’ibitero yagabye ku bami bari baturanye bari barigaruriye uduce tw’u Rwanda. Ibitero byagabwe n’u Rwanda byari bigamije kwigarurira uduce twinshi twari dukikije u Rwanda icyarimwe bityo rukaguka. Justin Kalibwami yanditse ko […]Irambuye