Month: <span>May 2012</span>

Ese ni kuki abakobwa bamwe bagira amabere manini cyane abandi

Ibere ni kimwe mu bice by’umubiri w’umuntu kigaragara ku bitsina byombi yaba mu bahungu cyangwa abakobwa. gusa ku bakobwa niho usanga atangira kuba manini iyo bageze mu gihe cyabo cy’ubwangavu aho imvubura (glands) zizatanga amashereka zikura ndetse hakaniyongeraho ibinure (adipose tissue) maze ubunini bukiyongera bitewe n’imisemburo. Nkuko bitangazwa na medscape.com ngo ku mugore ho ikibazo […]Irambuye

Rwanda & Burundi: Abayobozi ba Police bumvikanye gukumira ibyaha

Mu rwego rwo gukumira ibyaha ndengamipaka, cyane cyane ibishobora gukorerwa ku mipaka ihuza u Rwanda n’Uburundi, kuri uyu wa mbere polisi y’u Rwanda yagiranye amasezerano y’ubufatanye na polisi y’uburundi. Amasezerano Gasana Emmanuel komiseri mukuru wa polisi y’u Rwanda avuga ko azagira uruhare mu gutabarana hagati y’ibihugu byombi mu birebana n’ibyaha ndengamipaka. Bimwe mu byaha polisi […]Irambuye

Kagame, Ali Bongo, Kikwete, Kaberuka… mu nama ya World Economic

Addis Ababa muri Ethiopia kuva tariki 9 kugeza 11 uku kwezi hazateranira inama ya World Economic Forum izibanda ku mugabane wa Africa. President Kagame na bagenzi be nka Jakaya Kikwete, Ali Bongo Ondimba, Goodluck Jonathan, Yahya Jammeh president wa Gambia  n’inzobere mu bukungu zitandukanye ku Isi bazitabira iyi nama. Iyi nama izaba ifite insanganyamatsiko igira iti: […]Irambuye

Elizabeth “Lulu” yongeye kugezwa imbere y’urukiko

Dar es Salaam – Kuri uyu wa mbere, umukinnyi w’amafilimu muti Tanzania, Elizabeth Michael ‘Lulu’, uyu munsi ku nshuro ya gatatu yongeye kugezwa imbere y’ubutabera aho ashinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa Steven Kanumba, nawe wakinaga za filimu. Abunganira uregwa bayobowe na Kennedy Fungamtama, babanje gusaba urukiko ko rwabanza kwemera ko imyaka ya “Lulu” uregwa […]Irambuye

Nishimiye ko n’inkuru zivuga ku muco zagiye mu marushanwa-Terence Muhirwa

Muhirwa Terence ni umunyamakuru wa Radiyo Salus ukunda gukora ibiganiro ku mateka n’umuco. Ibi yavivuze nyuma yo guhabwa ibihembo nk’umunyamakuru witwaye neza kurusha abandi mu gukora inkuru zivuga ku muco. Ibi bihembo yabishyikirijwe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru ku mugoroba wok u  itariki ya 3 Gicurasi 2012. Muhirwa ati: “ubusanzwe amarushanwa nk’aya atanga ibihembo ku banyamakuru ni […]Irambuye

Guverneri wa Nord Kivu/DRC yasuye impunzi ziri i Nkamira

Impunzi z’abanyekongo zimaze guhungira mu Rwanda zaraye zigaragarije Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Julien Paluku ko zitizeye igaruka ry’umutekano vuba mu duce zaturutsemo ku buryo zafata icyemezo cyo gutahuka. Izi mpunzi ziri mu nkambi ya Nkamira zabigaragaje ejo ku cyumweru ubwo Guverineri wa Kivu y’Amajayaruguru yazisuraga, aje kureba imibereho yazo no kuzihanganisha. Julien Paluku yavuze ko, […]Irambuye

APR na Police FC habura imikino ibiri ruracyageretse

Nyuma yo gutsinda imikino yazo zombi kuri iki cyumweru tariki 06 Gicurasi, Police FC na APR FC zikoeje guhanganira igikombe cya shampionat ibura imikino ibiri gusa ngo irangire. Ku munsi wa 23 mu minsi 25 izakinwa, APR FC yatsinze Kiyovu Sport ibitego 3 ku busa, mu mukino waberaga kuri Stade Amahoro ibitego byatsinzwe na Papy […]Irambuye

Umuyobozi w’ibitaro bya Rwamagana yabujije abakozi gutanga amakuru

Umuyobozi w’ibitaro bikuru bya Rwamagana yabujije abakozi kuvugana n’itangazamakuru ku bikorerwa muri ibyo bitaro kandi nawe ntajya agira icyo aritangariza. Abakozi bakora mu bitaro bya Rwamagana bamaze ibyumweru bitatu babujijwe n’umuyobozi w’ibyo bitaro kuzigera bavugana na rimwe n’itangazamakuru ku mpamvu iyo ari yo yose. Uyu muyobozi kandi nawe ubwe ntajya atanga amakuru kuri urwo rwego […]Irambuye

u Rwanda rwakiriye inkingo nshya za Rotavirus mu kurwanya impiswi

Ibi ni ibyatangajwe na Kayumba Pierre Claver(PhD) umuyobozi w’agategenyo w’ikigo Rwanda biomedical Center ku mugoroba w’itariki ya 5/05/2012. Urukingo rwa Rotavirus ruzatangira guhabwa abana bafite ibyumweru 6 by’amavuko  ariko ubundi ruhabwa abana bari hagati y’ibyumweru 6 na 32, rugatangwa inshuro 3 zitandukanijwe n’ibyumweru 4. Dr Kayumba akomeza atangaza ko bakiriye inkingo 428.500 zo kurwanya Rotavirus […]Irambuye

François Hollande niwe President w’Ubufaransa mushya

Mu kiciro cya kabiri cy’amatora, François Hollande yatorewe kuyobora Ubufaransa nyuma yo gutsinda kumajwi 52% kuri  48% ya Nicolas Sarkozy. Sarkozy yemeye uwatsinze ati: “Ubu François Hollande ni President w’Ubufaransa kandi agomba kubahwa.” Mu byishimo byinshi abafana ba Hollande bahise berekeza kuri Place de la Bastille i Paris, ahantu hazwi mu muco nk’urubuga rwo kwishimira […]Irambuye

en_USEnglish