Niyonizera Claudien, wari umucamanza mu rukiko rukuru rw’akarere ka Musanze, Police iremeza ko yamufashe asaba ruswa ya milioni 70, umuburanyi wari ufite urubanza aregamo company ya Gorilland rwari kuzasomwa muri iki cyumweru. Kuri station ya Police i Remera aho afungiye, we n’uwo bivugwa ko yabahuje na nyiri kurega (commissionaire) ntabwo bemera ibyo bashinjwa. Claudien witeguraga […]Irambuye
Kuri Station ya Police i Remera kuri uyu wa gatatu saa yine za mugitondo, herekanywe abajura bafashwe na Police kubera ubujura bw’ibikoresho by’abandi birimo za mudasobwa (Laptops), Piano, Amplificateur, akamashini k’amashanyarazi, television nini (Flet screen TV) n’ibindi. Aba bajura ni abatobora amazu y’abantu n’abafungura Imodoka, baba bagamije gutwara ibyabandi mu mujyi wa Kigali. Mukeshimana Jean […]Irambuye
Abantu bagera ku 9 nibo bishwe n’igisasu cyaturitse kuri uyu wa gatatu mu gitondo imbere y’urukiko rukuru rw’I New Delhi mu murwa rwagati w’igihugu cy’Ubuhinde. Kugeza ubu hagaba ntawurigamba ko ariwe wateze iki gisasu. Iki gisasu kikaba cyaturitse ahagana mu 10h15 ku isaha yo mu buhinde, kikaba cyari cyahishwe mu isakoshi yashyizwe aho bakirira abantu […]Irambuye
Ibibazo birebana n’uburyo akazi gatangwa, ibishingiye ku mishahara naho ivugururwa ryayo rigeze mu rwego rwo kugabanya ubusumbane, ikibazo kijyanye nuko ibizamini bikorwa n’amakosa agaragaramo ashingiye ku marangamutima n’ikimenyane, iyirukanywa n’irenganywa by’abakozi bikorwa mu buryo budasobanutse, imikorere ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta nuko ikorana n’izindi nzego iza Leta ndetse n’abikorera ku giti cyabo, aho amategeko areba […]Irambuye
Diyabete ni indwara igenda yongera umubare wabo ifata mu gihugu cyacu, ikaba ifata ikigero cy’imyaka yose. Ni indwara igabanyijemo ibice bibiri; ku buryo bworoshye ubwoko bwa mbere bufata abari munsi y’imyaka 30, naho ubwoko bwa 2 bugafata abari hejuru yayo. Mu nkuru zitaha tuzarebera hamwe ibizitandukanya. Gusa muri iyi nkuru tugiye kureba ibimenyetso byakuburira ko […]Irambuye
Ubusanzwe bene izi nzoka zo ziramira, ndetse zimwe zishobora no kumira umuntu, uyu mugabo wo muri Calfornia we yarayifashe ayiruma mu rubavu, ndetse ijyanwa kwa muganga. David Senk, 54, ubu afungiye kuba yararumye iyi nzoka nyuma y’ubusinzi ahitwa Saccramento muri leta ya California, USA. Abajijwe impamvu yarumye iyi nzoka yagize ati:”Nari nasinze, mera nk’umusazi… simbizi.” […]Irambuye
Umwe mu babanye na couple ya Amy Winehouse na Blake Fielder, yatangarije the sun ko uyu musore yishyuzaga Winehouse £150 (asaga 150.000Frw) ngo abashe kumusoma. Blake Fielder ubu uri mu nzu y’imbohe i New Castle aho ashinjwa ubujura bwitwaje intwaro, ngo yari amaze kubona ko uyu muririmbyikazi yamukundaga cyane, bityo iyo basohokanaga kugira ngo basangire […]Irambuye
Cedella Marley,44, umukobwa w’icyamamare muri muzika ya Reggae Bob Marley yahawe ikiraka cyo gukora imyenda ya Usain Bolt na bagenzi be bazaba bahagarariye Jamaica mu mikino olympic ya 2012 i Londres. Cedella, yavuze ko yishimiye aka kazi yahawe, aboneraho kuvuga ko Usain Bolt azabasiga i Londres. « nzagakora neza, kandi nzi ko bariya basore n’inkumi […]Irambuye
Inama y’inteko inshingamategeko y’umuryango w’afurika y’uburasirazuba (EALA) yatangiye imirimo yayo kuri uyu wa kabiri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, iyinama ikaba izamara ibyumweru bibiri. Kuri uyu wambere perezida w’inteko ishingamategeko ya EALA (East African Legislative Assembly), Honorable ABDIRAHAN Haither Abdi yavuze ko kuba u Rwanda rwarakiriye iyi nama, ari uko rukomeje kuba intanga rugero […]Irambuye
Imodoka za gisirikare zirenga 50 zavuye mu majypfo ya Libya, zinjira mu gihugu cya Niger kiri mu majyepfo ya Libya, ziciye mu butayu kuri uyu wambere. Biravugwa ko Col. Muammar Khadaffi n’umuhungu we Saif Al Islam baba bazirimo. Izi modoka biravugwako zari zitwaye abarwanyi bo mu bwoko bw’aba Tuareg binjijwe mu ngabo zisigaye ku ruhande […]Irambuye