Month: <span>July 2011</span>

Waruzi ahantu hashyuha kurusha ahandi ku isi ?

Mu Rwanda tumenyereye ko ubushyuhe bwinshi budashobora kurenza dogere 32° cyangwa 33° byakabije nko mu Bugarama n’ahahoze no mu ntara y’uburasirazuba. Hari agace kamwe ko muri Libya gashobora kugira dogere celicius 58, ni ubushyuhe bwinshi cyane, imibiri yabwihanganira ni mike. Aha ni ahantu 10 hambere kw’isi hapimwe ubushyuhe buri hejuru cyane butigeze buboneka ahandi :  Duhereye ku mwanya […]Irambuye

Kuki Presindent Sarkozy atajya atega Gare ya Moshi?

Patron wa SNCF ntamushaka muri gare ya moshi ze Bitewe n'ibwiriza rishaje rivuga ku ngendo za President w'ubufaransa muri gare ya Moshi (train) ko kuri buri teme ry'uruzi yambutse hagomba kuba hari abarinzi, ibi ngo ubu birahenze kandi biragoye. Kubwizompamvu SNCF (Société nationale des chemins de fer français) ngo ntabwo iba ishaka ko President Nicolas […]Irambuye

Abahanzi badafite ubushobozi bararikiwe Talent Detection 2011 mu Rwanda

Muri iki gikorwa ngaruka mwaka gitegurwa na talent detection limited, iyobowe na Rurangwa Gaston (skizzy)  kigamije kuzamura abahanzi bafite impano ariko badafite ubushobozi. Skizzy, umwe mu bagize groupe KGB, avuga  ko gahunda zimaze kugera kure ategura iyi talent detection kuko ibyangomba hafi ya byose ngo yamaze kubibona. Skizzy ati:” ubu namaze kubona urushya runyemerera gukorera […]Irambuye

Rihanna ati:”Abagabo bose ni abahigi”

Umuhanzikazi Rihanna ukomoka mubirwa bya barabados ukunzwe cyane yemeje ko abagabo bose uburyo bakunda abagore ari nk’abahigi uburyo bahiga inymaswa kandi ngo bakwiye gukomera kuntego y’umuhigo. Uyu muhanzikazi w’imyaka 23 yaboneyeho gutangaza konawe rwose ubungubu ari umuhigo ko yiteguye gukunda  ati: nditeguye gukunda ariko abagabo icyo nababwira nuko iyo babonye urwo rukundo bakagombye kuba arirwo […]Irambuye

Ministre muri Japan yeguye nyuma y’iminsi 7 gusa

Nyuma y’ icyumweru kimwe gusa Ryu Matsumoto minisitiri wari ushinzwe imirimo yo gusana igihugu w’ ubuyapani kuri uyu wa kabiri yaguye ku mirimo ye.   Uyu mugabo akaba yatanze imihoho nyuma y’ uko atangaje ko guverinoma itazatera inkunga abayobozi b’ intara zakozweho cyane na thunami ndetse n’ umutingito igihe cyose batarashobora gutanga imishinga ifatika y’ […]Irambuye

Kigali: Abakorera mu mazu yo guturamo bahawe umwaka 1 gusa

NKuko bitangazwa n’umujyi wa Kigali ngo muri gahunda yo gutunganya imyubakire mu mujyi wa Kigali, ubuyobozi bw’ umujyi bwasabye abakorera mu mazu yagenewe guturwamo kubihagarika mu gihe cy’umwaka umwe gusa. Iyi gahunda ikaba yaraciwemo ibyiciro bitatu: hari ikiciro cyo gusana, icyo kubaka bundi bushya ndetse n’ icyo guhagarikwa. Ibi bikaba byaremeranyijwe ho mu nama yari […]Irambuye

I Burasirazuba: kwibohora barushaho guharanira iterambere

Guverineri w’intara y’iburasirazuba Dr. Aisa Kirabo Kacyira arakangurira abanyarwanda by’umwihariko abatuye iyi ntara kurushaho guharanira iterambere no kurwanya icyatuma uRwanda rwongera gusubira mu mwijima wa Jenoside. Mu gihe twizihiza isabukuru yo kwibohora ku nshuro ya 17, Guverineri avuga ko intambwe imaze guterwa mu rwego rwo kurushaho gutera imbere ari intambwe ikomeye. Mu rwego rwo kurushaho […]Irambuye

Police y’u Rwanda igiye gukoresha imashini igenzura umuvuduko mu binyabiziga

Kigali – Iyi mashini izwi nka “Speed Governor”; mu gihe iri mukinyabiziga, izajya ifasha Police kumenya umuvuduko ikinyabiziga kirimo gukoresha aho kiri hose. Chief Supt Sano Vicent ni umuyobozi muri Police ushinzwe umutekano wo mu  muhanda asobanura ko iyi mashini ikorana na moteur, ikaba idashobora kwemerera umushoferi kurenza umuvuduko wagenwe kuri icyo kinyabiziga. Supt Sano  ati : Ni […]Irambuye

Abahanzi nyarwanda bazitabira East Africa Music Award bashyizwe ahagaragara.

Nyuma yo kuzuza ibisabwa ndetse no gukora isesengura ku bihangano by’abahanzi bahano mu Rwanda bagomba kwitabira igikorwa cya East africa Award ubu noneneho hamaze gutangazwa urutonde rw’abahanzi bagomba kwitabira icyi gikorwa  b’abanyarwanda Muri aba bahanzi  hari mo:   Icyi gikorwa kiba cyaratumiwe mo ibihugu bigera ku munani harimo n’u  Rwanda gusa bamwe mubagomba kwitabira icyi […]Irambuye

Dominique Strauss-Kahn: Yongeye gushinjwa gufata ku ngufu

Uwahoze ari umukuru w’ikigega cy’imari ku isi Dominique Strauss-Kahn ashobora kongera kugaragara imbere y’ubutabera mu gihugu cye cy’amavukiro, Ubufaransa, ashinjwa gufata undi mugore  ku ngufu,  nyuma y’uko ku itariki ya 1/7/2011 agaragarijwe ko ari umwere kuri bene iki cyaha yari akurikiranyweho muri USA. Nkuko byatangajwe kuri TV CNN yo muri USA, umwanditsi w’ibitabo byo mu […]Irambuye

en_USEnglish