Tags : Uwizeye Judith

Abadepite ntibumva ukuntu hashyirwaho ikigo kigahabwa inshingano zidafite isano

*Basuzumaga umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo RICA cy’ubuzanenge n’ihiganwa mu bucuruzi, *Hon Ignacienne avuga ko nta handi ku Isi  bahuje ubuziranenge n’ihiganwa mu bucuruzi… Kuri uyu wa 21 Ukuboza, Abadepite bagize Komisiyo y’ubuhinzi, ubworozi n’ibidukikije batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo ‘RICA’ kizaba gishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza y’ubuziranenge, ihiganwa ry’ubucuruzi no kurengera abaguzi. Aba badepite bagize […]Irambuye

Imihigo ihuriweho: PAC ngo ibigo ntibyanganya amanota kandi hari ibyakoze

Abadepite bagize komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko bidakwiye ko ibigo byajya binganya amanota ku mihigo ihuriweho (joint imihigo) kuko hari uruhande ruba rwarakoze icyo rusabwa wenda bikaza gupfira ku rundi ruhande. Gusa basobanuriwe ko uyu muhigo uba uri no mu mihigo bwite y’ikigo ku buryo icyagaragaweho imbaraga nke gishobora kubiryozwa […]Irambuye

Imishahara minini ntizakorwaho mu gukemura ubusumbane muri Leta

Mu kiganiro n’abanyamakuru mbere gato y’umunsi mpuzamahanga w’umurirmo tariki 21 Mata, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta Samuel Mulindwa yasobanuye ko ubusumbane bw’imishahara muri Leta ku bakozi bakora akazi kamwe, butazakemurwa no kugabanya amafaranga ku bahembwa menshi, ahubwo ko abahembwa macye bazagenda bazamurwa ubusumbane bukagabanuka. Iki kibazo cy’ubusumbane mu mishahara y’abakozi ba Leta bakora […]Irambuye

Ikibazo cy’ubushomeri mu barangije amashuri kiracyari ingorabahizi

Kuri uyu wa mbere i Kigali hatangiye inama y’akarere ivuga ku murimo, atangiza iyi nama, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta irajwe inshinga no kugabanya umubare w’abantu badafite akazi cyane cyane biganje mu barangije amashuri. Minisitiri w’Intebe yavuze ko ubushomeri bushobora kuba inzitizi ikomeye yo kugera ku cyerekezo U Rwanda rwihaye, Vision 2020 na […]Irambuye

Gushyiraho umushahara fatizo mu kazi ko mu Rwanda biracyaganirwaho

*Umushahara fatizo (minimum wage) uzashyirwaho hagendewe ku mwuga umuntu akora, *Bizakemura ikibazo cy’abantu benshi bakoreraga intica ntikize. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku myiteguro y’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurirmo wizihizwa tariki ya 1 Gicurasi, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yavuze ko umushahara fatizo ku isoko ry’umurimo mu Rwanda, bikiri ku rwego rw’ibiganiro ariko ngo bidatinze ibiganiro bizaba birangiye, ushyirweho […]Irambuye

Abakozi 40 ba Leta babuze imirimo mu ivugurura bashobora kwirukanwa

Ubwo Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagirana ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo wabaye kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015, yatangaje ko mu bakozi 351 bahagaritswe ku mirimo yabo mu ivugurura ryabaye mu mwaka ushize, 40 gusa ngo ni bo bashobora kuzasererwa bitewe n’uko habuze indi myanya bashyirwamo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Uwizeye Judith […]Irambuye

en_USEnglish