Tags : Uwacu Julienne

U Rwanda nta cyo rutageraho rufite umuyobozi nka Kagame –

Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Umuganura mu Rwanda, Perezida wa Sena Bernard Makuza wari woherejwe na Perezida Paul Kagame ngo amugereze ubutumwa ku baturage, yavuze ko Umuganura ari umunsi ugaragazaza ubumwe n’ubufatanye by’Abanyarwanda, avuga ko uyu munsi ugomba kubaho bihereye mu muryango, yizeza abaturage ko mu bufatanye bwabo u Rwanda nta cyananirana kugerwaho mu […]Irambuye

Nyagatare: Abanyarwanda bahuriye mu nkera y’imihigo baratarama buracya

Iki gitaramo kibanziriza Umunsi mukuru w’Umuganura wizihizwa kuri uyu wa gatanu, cyabereye Rwabiharanga mu karere Nyagatare mu murenge wa Karangazi, Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba yavuze ko bwa mbere mu mateka ya vuba aribwo habayeho igitaramo nk’iki mu Ntara y’Uburasirazuba. Iyi nkera yaranzwe n’imbyino zibisikana, amahamba y’inka, igishakamba, ikinimba cya Kiyombe, n’ibyivugo by’abasaza bo mu Mutara w’Indorwa. […]Irambuye

Kigali Up: Agasuzuguro gashobora gutuma Abahanzi nyarwanda bayizinukwa

Ku nshuro ya gatanu mu Rwanda habereye iserukiramuco rya Kigali Up Music Festival ryitabirwa n’abahanzi bo mu Karere u Rwanda rurimo, ahandi muri Africa ndetse no ku Isi yose, bamwe mu bahanzi nyarwanda ntibishimiye imitegurire y’iyi festival bavuga ko ubutaha bidahindutse batazanayitabira. Iri serukiramuco ngaruka mwaka rifite intego yo guteza imbere Umuco Nyarwanda no guhesha […]Irambuye

Kamonyi: Inzu y’amateka ya Jenoside  yeguriwe Akarere

*Iyi nzu yubatswe hashize imyaka 8, kugira ngo ibike amateka ajyanye na Jenoside ntibyakozwe *Yuzuye itwaye amafaranga miliyoni 300, ubu hazatangwa andi yo kuyisana, *Abaturage bavuga ko batanze amafoto y’ababo bazize Jenoside n’uyu munsi ntibazi aho ari, *Min.Uwacu avuga ko kudakoresha iyi nzu yatwaye akayabo ari ugupfusha ubusa Mu biganiro byahuje Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne […]Irambuye

Gisagara: MINISPOC yageneye abacitse ku icumu Frw 7 000 000

Minisiteri y’Umuco na Siporo (MINISPOC) ifatanyije n’ibigo biyishamikiyeho kuri uyu wa gatanu tariki 12 Kamena 2015 y’ifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Gisagara mu murenga wa Musaha kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, banabagenera miliyoni zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda. Minisitiri w’Umuco na Siporo Julienne Uwacu yavuze ko uruzinduko rwabo rudasanzwe kuko baje kubasura ngo bibuke Abazize […]Irambuye

MINISPOC irasaba abaturage kumva ko bafite uruhare mu kubaka amasomero

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere tariki 11 Gicurasi 2015, Minisiteri y’Umuco na Siporo, Nyangezi François ushinzwe by’umwihariko guteza imbere umuco, yasabye ko Abanyarwanda batangira kumva ko bafite uruhare mu iyubakwa ry’amasomero kuko ngo Leta itabasha kumenya neza umubare w’amasomero akenewe muri buri gace.   Muri iki kiganiro, abanyamakuru babwiwe ko ubu mu […]Irambuye

Buri mukozi agiye kujya akatwa 0.3% agenerwe ababyeyi mu kiruhuko

Kimihurura – Kuri uyu wa 23 Werurwe 2015 ku biro bya Minisitiri w’Intebe, mu kiganiro n’itangazamakuru kigamije kugaragaza ishusho y’imishinga y’amategeko ateganywa kuvugururwa no guhindurwa nk’uko byemejwe n’inama y’abaminisitiri iheruka guterana, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi; Claver Gatete yagaragaje ko nibyemezwa n’Inteko Ishinga Amategeko buri mukozi wemewe azajya akatwa ku mushahara we 0.3% y’ubwishingizi azafasha ababyeyi bahawe […]Irambuye

en_USEnglish