Tags : Umujyi wa Kigali

Abakozi batemera guhwiturwa ni indi mbagamizi Umujyi wa Kigali ufite

Perezida w’Inama njyanama y’Umujyi wa Kigali, Dr. Sebashongore Dieudonné yabwiye Umuseke ko bashima intambwe imaze guterwa mu gukurikiza amabwiriza y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ariko avuga ko mu mbogamizi Umujyi ufite harimo n’abakozi bafite imyumvire iri hasi kandi ngo ntibaashyirwa mu kiziriko ngo bakore ibyo basabwa. Mu cyumweru gishize ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bari bamaze kwitaba […]Irambuye

Abagonga imikindo ku muhanda bazakomeza guhanwa – Fidel Ndayisaba

*Imanza Umujyi wa Kigali warezwemo n’abagonze imikindo n’ibindi bikorwa remezo zatangishije Leta miliyoni 17. *Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali avuga ko kosa riri hagati ya Polisi ifatiira imodoka zifite ubwishingizi n’Umujyi wa Kigali utsindwa imanza. *Fidel Ndayisaba asaba abatwara imodoka kwitwararika ntibakore impanuka kuko zangiza byinshi na Leta igahomba Nyuma yo kwisobanura ku makosa yagaragajwe na […]Irambuye

Inyubako nshya y’Umujyi wa Kigali yubatswe bitanyuze mu ipiganwa

Umujyi wa Kigali ni wo wari utahiwe kwisobanura imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya Leta (PAC), kimwe mu bibazo byagarutsweho ni icyo kuba inyubako nsha ikoreramo ibiro by’Umujyi wa Kigali yaratwaye miliyoni 12 z’amadolari ariko yubakwa bitanyuze mu ipiganwa. Ibyo ni ibikubiye muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2012-13, […]Irambuye

Muri Kigali hagiye kubakwa inzu ziciriritse zo guturamo 5,000

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imyubakire mu Rwanda “Rwanda Housing Authority (RHA)” buratangaza ko hari umushinga mushya wo kubaka inzu ziciriritse zo guturamo ibihumbi bitanu (5,000) mu mpande zitandukanye z’Umujyi wa Kigali, 2,400 zikazubakwa mu Karere ka Nyarugenge. Eng. Leopold Uwimana, ushinzwe imyubakire muri RHA yatangarije ‘The New Times’ dukesha iyi nkuru ko hari imyanya ya […]Irambuye

Ibigo by’amashuri bidafite ubwiherero bwiza bizabihanirwa- Ndayisaba

Kuri uyu wa Kane, mu muhango wabereye muri Hoteli Hilltop I Remera yahuje  abakuru b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali na Minisiteri y’uburezi, umuyobozi mukuru w’Umujyi wa Kigali Fidèle Ndayisaba yaburiya abakuru b’ibigo by’amashuri ko mu igenzura rizatangira mu mezi macye ari imbere, ikigo bazasanga gifite ubwiherero budakwiye, umuyobozi wacyo azabihanirwa. Igikorwa nyamukuru […]Irambuye

Ibibazo by’u Rwanda bizakemurwa n’abanyarwanda bafite ubumenyi-Ndayisaba

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri barangije amasomo muri Kaminuza ya INILAK kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe 2014, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yongeye gushishikariza Abanyarwanda gukangukira kwiyungura ubumenyi no kugana amashuri kuko ibibazo u Rwanda rufite bizakemurwa n’Abanyarwanda bafite ubumenyi. Idependent  institute of Lay Adventists of Kigali (INILAK) yahaye impamyabumenyi […]Irambuye

en_USEnglish