Tags : Tumba College of Technology

Ikinyoma {ku Rwanda} cyumvikana nk’ingunguru irimo ubusa – Eng Gatabazi

Rulindo – Abanyeshuri, abayobozi, abakozi n’abaturanyi ba Tumba College of Technology (TCT) iri mu murenge wa Tumba mu ijoro ryakeye bakoze umugoroba wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, umuhango watangiwemo ubutumwa busaba urubyiruko gukoresha ubumenyi n’ubushobozi rufite mu kurwanya abavuga nabi u Rwanda barusebya kandi bavuga ibinyoma. Batangiye bakora urugendo rwa 8Km bava ku ishuri rya TCT […]Irambuye

Tumba College of Technology iratangira gutanga amasomo muri Week-end

Ubuyobozi bw’Ishuri rikuru ry’ubumenyingiro n’ikoranabuhanga rya Tumba College of Technology buratangaza ko bugiye gutangiza gahunda nshya yo gutanga amasomo mu mpera z’icyumweru mu rwego rwo gufasha abantu bari mu kazi batabona umwanya wo kwiga mu mibyizi. Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri ririya shuri witwa John Bosco Nkuranga,yabwiye Umuseke  ko bashyizeho iriya gahunda kubera ubusabe bw’abantu […]Irambuye

Tito Rutaremara yabwiye urubyiruko impamvu hari abavuga ‘Double Jenoside’

Rulindo – Mu kiganiro yatanze ku mugoroba wo kuwa gatatu ku ishuri rya Tumba college of Technology Senateri Tito Rutaremara yasubije ibibazo bitandukanye abanyeshuri benshi bari muri iki kiganiro bamubajije ku bigendanye na Jenoside ku kiganiro cyagarukaga ku munsi mpuzamahanga wo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside. Anababwira impamvu mu Rwanda hari abakivuga ko habayeho […]Irambuye

Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wa JICA ku Isi

Prof Akihiko Tanaka umuyobozi  mukuru  wa JICA  (Japan Internation Cooperation Agency) mu ruzinduko  rw’iminsi itatu arimo mu Rwanda   yakiriwe na Perezida  Paul Kagame  mu biro bye kuri uyu wa gatanu baganira ku mibanire n’ubufatanye by’u Rwanda n’Ubuyapani. Uyu mugabo yasuye kandi imishinga n’ibikorwa bitandukanye biterwa inkuru n’iki kigo cy’ubufatanye mpuzamahanga n’Ubuyapani JICA mu Rwanda birimo […]Irambuye

Abadepite b’Abayapani bashimiye ibyagezweho na Tumba College

Amajyaruguru – Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Kanama Ishuri rikuru ry’ikoranabunga TCT (Tumba College of Technology) ryashimiwe n’itsinda ry’abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’Ubuyapani ku kazi keza rikomeje gukora ko gufasha igihugu cy’u Rwanda kugana ku iterambere. Leta y’u Rwanda ikangurira urubyiruko kwitabira kwiga amasomo y’ubumenyi ngiro kuko byagaragaye ko ariyo agira […]Irambuye

en_USEnglish