Tags : Transform Africa

U Rwanda ni intangarugero muri Africa yose – Perezida wa

Ubwo yasozaga inama nyafurika yigaga ku iterambere ry’ikoranabuhanga “Transform Africa” yari imaze iminsi itatu ibere mu Rwanda, Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yavuze ko ikoranabuhanga rishobora guhindura ubukungu bwa Africa, asaba ibihugu byose bya Africa kudasigara inyuma ukundi no gufata urugero ku Rwanda. Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou mu ijambo rye, yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame […]Irambuye

Rwanda: Vuba aha uzajya utega Moto utabanje guciririkanya igiciro

*Moto zizashyirwaho iri koranabuhanga ku buntu *Mu kwa mbere 2018 ngo barifuzako moto 70 000 mu gihugu zizaba zirifite *Umuntu ngo azajya yishyura ibirometero yagenze *Iri koranabuhanga kuri moto mu Rwanda niho riba rihereye muri Africa Kompanyi y’Abahinde ikorera mu Rwanda “Yego Innovision Limited” yashoye asaga miliyoni 14 z’Amadolari ya America mu kubaka ikoranabuhanga no […]Irambuye

‘Smart Cities Blue Print’ u Rwanda rwamurikiye Africa kirimo iki?

Ubwo hatangizwaga Inama Nyafurika ku ikoranabuhanga “Transform Africa 2017” kuri uyu wa gatatu, u Rwanda rwamuritse igitabo gikubiyemo imirongo migari ibihugu bya Africa byagenderaho byubaka imijyi iteye imbere kandi yubakiye Serivise zose ku ikoranabuhanga “Smart Cities Blue print”. Mu 2030, igenamigami ry’imiturire muri Africa riteganya ko byibura 70% by’abatuye uyu mugabane wa Africa bazaba batuye […]Irambuye

Smart Africa biyemeje kugabanyamo kane ibiciro by’itumanaho

Mu Rwanda kuri uyu wa mbere habereye inama yahuje abahagarariye imirongo y’itumanaho mu bihugu bihuriye mu muryango wa Smart Africa baganira ku buryo bushya bwakorohereza abaturange mu itumanaho, aho igiciro cyo guhamara cyari Frw 500, guhera tariki ya 9 Gicurasi kizaba gishyizwe ku Frw 120 mu igerageza. Byagiye bigaragara cyane ko itumanaho hagati y’abantu muri […]Irambuye

AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

Ikiciro cya nyuma cy’inama y’iminsi itatu ya Transform Africa kitabiriwe na Perezida Kagame hamwe n’intumwa z’ibihugu bitandukanye mu karere. Aya ni amwe mu mafoto y’uyu munsi wa nyuma w’iyi nama ya Transform Africa yari ibereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.   Photos/V.Kamanzi/UM– USEKE UM– USEKE.RWIrambuye

Turasabwa guhindura imyumvire kugira ngo ikoranabuhanga rihindure ubuzima bwacu-Kagame

Mu ijambo yagejeje ku bantu basaga ibihumbi bibiri, barimo abayobozi ku rwego rwa za Guverinoma baturutse mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika bitabiriye inama ya”Transform Africa 2015″, Perezida Paul Kagame yasabye Abanyafurika ko n’ubwo barimo gukora ibishoboka byose ngo bateze imbere ibikorwaremezo, bagomba no guhindura imyumvire kuko kugira ikoranabuhanga bitavuze ko bihita byikora rigahindura […]Irambuye

Intego z’ishoramari mu ikoranabuhanga rya Africa zagezweho – Min Nsengimana

Mu gihe u Rwanda rwitegura kongera kwakira inama ya Transform Africa ya kabiri, Minisitiri w’ikoranabuhanga n’urubyiruko yatangaje ko basanga intego Africa yari yihaye mu 2007 z’ishoramari mu ikoranabuhanga zagezweho. Inama ya Transform Africa ya kabiri izabera mu Rwanda izitabirwa n’abantu bagera ku 2 500  izatangira tariki 19 kugera kuri 21/10/2015, imyiteguro yayo ngo igeze kure. […]Irambuye

en_USEnglish