Tags : TI Rwanda

2007-2016: Umuganda watanze umusaruro ungana na miliyari106.4

Geoffrey Kagenza ushinzwe gukurikirana ibikorwa by’umuganda ku rwego rw’igihugu muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, (MINALOC), yabwiye abitabiriye inama yahuje Transparency International Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo ko umusaruro ukomoka ku muganda ubazwe mu mafaranga ungana na 106.439.703 Rwf kuva watangira muri 2007. Igituma ibi bigerwaho ngo ni uko bikorwa ku bushake bw’Abanyarwanda bakubaka ibiraro, bagasana kandi bagahanga imihanda […]Irambuye

Rwanda: Abanyepolitiki bayijyamo bishakira umugati aho gukorera abaturage

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda kuri iki cyumweru ari mu kiganiro ‘SESENGURA’ cya City Radio FM yagarutse ku bibazo biri mu Rwanda, umuco wo kudahana utuma ruswa ifata intera bigahesha amanota make u Rwanda, avuga ko abanyepolitiki mu Rwanda bayijyamo bashaka umugati. Ingabire Immaculee yanenze cyane uburyo hari imishinga igaragaramo ruswa ariko ntihagire ubihanirwa. Yavuze […]Irambuye

Ubukene bukabije mu bitangazamakuru buratuma ruswa ifata intera

*Ibitangazamakuru by’u Rwanda birakennye ku buryo hari ibihemba bamwe abandi bikabareka, *Ubukene mu banyamakuru butuma birengagiza amahame y’umwuga bagashukishwa amafaranga, *Hari abasanga Leta ifite uruhare mu gukenesha abanyamakuru, *Hari ababona ko abanyamakuru bazarangiza ibibazo by’ubukene ubwabo bafashijwe na Leta n’abashoramari, *Ruswa shingiye ku gitsina mu itangazamakuru na yo irafata intera. Mu cyegeranyo cyatangajwe n’Umuryango urwanya […]Irambuye

Umuvunyi asanga bitoroshye gutahura amayeri y’IBIFI BININI byiba Leta

*Urwego rw’Umuvunyi ngo ntirubasha gutahura ibifi binini kubera amayeri yiganywe ubuhanga, *Abadepite ntibabyumva, bo bavuga ko ibimenyetso bya ruswa bigaragara ukurikije uko abayobozi batera imbere vuba, *Imishinga myinshi yadindiye, uwo kubyaza amashanyarazi Kalisimbi, Stade ya Huye ituzura,… *Abadepite banenze raporo ko yuzuyemo udifi duto gusa, abariye frw 1000, frw 2000, frw 5000 uwa menshi ngo […]Irambuye

Gicumbi: Abahuguwe ku itegeko ry’umurimo basanze abakozi bo mu rugo

Kuri uyu wa Mbere tariki 16 Werurwe 2015 mu karere ka Gicumbi, mu murenge wa Byumba, habaye amahugurwa agamije kwigisha amategeko agenga umurimo, hagati y’abakozi n’abakoresha mu rwego rwo kurwanya amakimbirane akunze kugaragara mu kazi. Muri aya Mahugurwa basobanuriwe, uburyo butandukanye bugomba gukurikizwa mu masezerano akorwa hagati y’abakozi n’abakoresha, mu rwego rwo kubongerera ubumenyi no […]Irambuye

“Sinshyigikiye itegeko ryo gukuramo inda,” Ingabire Marie Immaculée

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Mme Ingabire Marie Immaculée yatangarije abari mu birori byo gutangiza ubukangurambaga bugamije kumenyesha abaturage akamaro k’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU), no kubereka uruhare bagira mu gutuma amasezerano asinywa n’u Rwanda n’ibindi bihugu, “My African Union Campaign”, ko adashyigikiye itegeko ryo gukuramo inda ku bakobwa n’abagore babyifuza. Ku mugoroba wo […]Irambuye

en_USEnglish