Tags : Teta Diana

Imbuto Foundation yahembye Urubyiruko rw’Indashyikirwa

Ku nshuro ya gatanu, Imbuto Foundation ifatanyije na Minisiteri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga yatanze ibihembo ku rubyiruko rufite ibikorwa by’indashyikirwa n’abahize abandi muri YouthKonnect mu bikorwa bitanga ikizere mu kubaka u Rwanda no kuruha agaciro nk’uko byagarutsweho na Mme Jeannnette Kagame, mu muhango wo kubagezaho ibihembo mu ijoro ryo kuwa gatanu. Abahabwe ibihembo ni; Athanase Ruhumuriza washinze […]Irambuye

Rwanda: Abahanzi 5 bakurikirwa cyane kuri Facebook

Mu Rwanda bamwe mu bahanzi ntibakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter n’izindi nyinshi, nyamara aha niho usanga imbaga y’abafana ba muzika. Mu bindi bihugu abahanzi usanga aha ariho banyuza buri kintu cyabo kikamenyekana kurushaho. mu Rwanda ababikora ni mbarwa.  MC Tino, umuhanzi akaba n’umunyamakuru, avuga ko we akunda cyane gukoresha Facebook, asanga kuba hari […]Irambuye

Inkera ya "Hobe Rwanda". Igitaramo cyanyuze benshi bakitabiriye

Inkera y’umuco gakondo yiswe “Hobe Rwanda” y’uyu mwaka yabereye muri Serena mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 13 Nzeri yitabiriwe n’Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi bibiri, byatumye abahanzi nka Mani Martin, Mariya Yohana, Inganzo Ngari, Gakondo, Mighty Popo n’abandi batarama bashishikaye. Inkera (igitaramo) “Hobe Rwanda” ni igitekerezo cy’Abanyarwanda batandukanye biganemo abahanzi bakora indirimbo mu […]Irambuye

Uko Teta yinjiye muri Gakondo Group

Umuhanzikazi Teta Diana nta gihe kinini gishize amenyekanye cyane muri muzika mu Rwanda. Biciye cyane cyane mu ndirimbo yakunzwe cyane yitwa “Fata Fata” . Nyuma gato yahise aza mu bahanzi 15 bakunzwe mu gihugu (PGGSS) ndetse aza no mu 10 bambere bamaze igihe bazenguruka igihugu bahatana. Kubera uburyo uyu muhanzi yari ashoboye kwigana indirimbo z’umuhanzikazi Kamaliza […]Irambuye

“Naba mpagarariye igihugu, ntabwo naba ngiye nk’umunyarwenya”- Arthur

Nkusi Arthur, Umunyarwenya ukunzwe cyane akaba n’umunyamakuru, agaragara mu  bitaramo byinshi asusurutsa imbaga, avuga ko mu gihe yaba agize amahirwe yo kujya muri Big Brother Africa yagenda ahagarariye igihugu aho kwitwa umunyarwenya ‘Comedian’. Big Brother Africa ni irushanwa mpuzamahanga ribera muri Africa y’Epfo ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, bakabana mu nzu bakagenda bavanwamo kubera imibanire […]Irambuye

TETA Diana: Ubuhanga bwe bwamutanze kumenyekana

Nibyo atangiye umuziki vuba, ariko abamaze kumwumva aririmba bemeza ko ari impano nshya mu muziki w’abari n’abategarugori mu Rwanda. Diane Teta nyuma y’igihe gito yinjiye muri muzika mu Rwanda, yabonye amahirwe yo kwamamara nawe ubwo yinjiraga mu irushanwa rya PGGSS IV. Yinjiye bwa mbere muri studio ifata amajwi mu 2010, nyuma y’iminsi yiririmbira byo kubikunda […]Irambuye

en_USEnglish