Tags : Terrorism

Mu mahame ya Islam nta kwica birimo, iterabwoba turaryitirirwa –

*Umuryango w’Abasilamu mu Rwanda wafashe ingamba nshya zo gukumira ikibi, *Nta we uzongera gutera inkunga ibikorwa mu rwego rwa Islam bitanyuze mu muryango wabo RMC. Mu kiganiro n’abanyamakuru abayobozi b’Idini ya Islam mu Rwanda (RMC) basobanueye ingamba nshya mu bijyanye no kujyana abayoboke mu Mutambagiro Mutagatifu, n’impamvu yo kubuza abantu gutanga imfashanyo bitanyuze muri uyu […]Irambuye

Russia: Ukekwaho igitero cy’iterabwoba muri gari yamoshi yamenyekanye

Ukekwaho gitero cyahitanye abantu 14 ku wa mbere cyabareye mu nzira ya gari yamoshi (Metro) ya Saint – Petersbourg mu gihugu cy’Uburusiya yamenyekanye nyuma y’akazi katoroshye kakozwe n’abashinzwe iperereza basanze afite bwene gihugu bw’Uburusiya. Uwatangajwe ko yagize uruhare muri icyo gitero yitwa Akbarjon Djalilov afite imyaka 22 y’amavuko, ngo afitanye imikoranire ya hafi n’umutwe w’iterabwoba […]Irambuye

Abaregwa iterabwoba barashaka kuburanira mu ruhame, Ubushinjacyaha bugashaka mu muhezo

*Mu baregwa uko ari 45 harimo abana batarageza imyaka 18, abagore ni batatu, *Urubanza rwimuriwe tariki ya 15 Werurwe 2017. Uko abaregwa iterabwoba ari (45) bose barafunze by’agateganyo, kandi bose bari baje mu rukiko. Umwanya munini wibanze ku gusoma imyirondoro y’abaregwa no kuyemeza, ariko nyuma haba impaka zishingiye ku buryo iburanisha mu mizi rizaba, niba […]Irambuye

Belgium: Abapolisi 3 batewe icyuma barakomereka mu gikorwa cy’iterabwoba

Babiri muri abo bapolisi batewe icyuma mu gikorwa kiswe icy’iterabwoba nk’uko byemejwe n’abashinjacyaha mu Bubiligi. Umupolisi umwe yatewe icyuma mu ijosi, undi agiterwa mu nda, mu gihe umupolisi wa gatatu yari aje gutabara aho habeyere ibyo, mu karere ka Schaerbeek yakomerekejwe ku zuru. Uwakoze ibyo yarashwe mu kaguru, ajyanwa kwa muganga n’imbangukiragutabara. Abayobozi batangaje amazina […]Irambuye

U Burusiya na America byumvikanye ku guhagarika imirwano muri Syria

Ibi bihugu by’ibihanganjye byatangaje amasezerano byagiranye ku ihagarikwa ry’intambara muri Syria, imirwano ikazahagarikwa guhera ku wa mbere w’icyumweru gitaha nimugoroba. Muri aya masezerano, Leta ya Syria igomba guhagarika intambara mu bice bizwi ko bigenzurwa n’abayirwanya. U Burusiya na America bigiye gushyiraho itsinda rihuriweho n’impande zombi, rizafasha mu kurwanya imitwe y’abahezanguni bo mu Idini ya Islam […]Irambuye

Yemen: Igitero cy’ubwiyahuzi cyahitanye abagera kuri 40

Abenshi mu bahitanywe n’iki gitero ni abashakaga kwinjira mu ngabo bari hamwe mu majyaruguru y’umujyi wa Aden, nibura abagera kuri 35 biravugwa ko bahise bapfa. Imodoka irimo igisasu yayoberejwe ahantu hatorezwa ingabo, amakuru aremeza ko abantu benshi bapfuye muri icyo gitero. Amakuru Al Jazeera ikesha ibiro ntaramakuru AFP ni uko umwiyahuzi wari ukwaye iyo modoka […]Irambuye

Turukiya: Igitero cy’ubwiyahuzi mu bukwe cyahitanye 30 gikomeretsa 90

Igisasu cyaturikiye mu bukwe bwaberaga hanze mu Majyepfo ya Turukiya mu mujyi wa Gaziantep cyahitanye abantu 30abandi 94 bashobora no kurenga, barakomereka nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi. Perezida Recep Tayyip Erdogan yavuze ko umutwe wa Islamic State (IS) ushobora kuba ari wo wakoze icyo gitero, nubwo havugwa ko umwiyahuzi ari we witurikirijeho icyo gisasu agambiriye guhitana abantu […]Irambuye

Pakistan: Igisasu cyaturikiye mu bitaro gihitana abantu 43

Igisasu cyaturikiye mu bitaro mu mujyi wa Quetta cyahitanye abantu 43 ni mu majyepfo y’Uburengerazuba bwa Pakistan. Abantu benshi bakomeretse muri icyo gitro cyakorewe ahakirirwa abarwayi barembye, ni nyuma y’uko umurambo w’umwe mu banyamategeko warashwe agahita apfa mu masaha ya kare cyane kuri uyu wa mbere wari ujyanywe muri ibyo bitaro. Bamwe mu bahitanywe n’icyo […]Irambuye

Somalia: Uwari Umudepite ni umwe mu bateye ibirindiro bya AMISOM

Kuwa kabiri ibirindiro by’ingabo z’umuryango w’Afurika yunze Ubumwe zigarura amahoro muri Somalia (AMISOM) hagabwe ibitero bibiri by’ubwiyahuzi bihitana abantu 13, ngo umwe mu biyahuzi yahoze ari Umudepite mu Nteko Nshingamategeko ya Somalia. Abarwanyi bo mu mutwe wa Al Shabab ari na bo bakoze iki gitero batangaje ko Salah Nuh Ismail w’imyaka 57  wahoze ari Umudepite […]Irambuye

en_USEnglish