Tags : Syria

Kagame avuga iki ku iterabwoba n’uwarizana mu Rwanda?

Mu ijoro ryo ku wa gatandatu tariki 26 Werurwe, Perezida Kagame aganiraga n’abavuga bakumvwa mu Ntara y’Iburengerazuba, ku iterambere ry’igihugu na zimwe mu nzitizi zihari, yakomoje no ku iterabwoba ryugarije Isi, yasezeranyije ingamba zikaze ku muntu wese ufitanye isano n’iterabwoba mu Rwanda. Nubwo hari ibikorwa byo gutera za garinade ahantu hanyuranye mu Mujyi wa Kigali […]Irambuye

Trump atsindiye kuyobora USA, biri mu mpungenge 10 isi ifite

Ubu, kimwe mu bintu 10 biteye impungenge isi bishobora no kuyigusha mu kaga harimo kuba Donald Trump yatsinda amatora yo kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika nk’uko bitangazwa na ‘The Economist Intelligence Unit”(EIU). Ubushakashatsi bwabikozweho buvuga ko atsinze yahungabanya ubukungu bw’isi kandi yateza imyiryane ya politiki n’impungenge ku mutekano w’isi. Gutsinda k’uyu mugabo ngo biteye […]Irambuye

Syria: Bitunguranye Putin yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo z’U Burusiya

Ingabo z’U Burusiya zigomba gutangira kuva muri Syria nyuma y’icyemezo cyatunguranye cyane cyo kuzicyura cyafashwe na Perezida w’igihugu Vladimir Putin. Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi na Leta zunze Ubumwe za America, bakiriye icyo cyemezo n’ubwitonzi, bavuga ko gishobora gutuma Leta ya Syria ijya kugitutu cyo kwitabira ibiganiro n’abayirwanya. Ibiganiro by’amahoro bigamije gusoza intambara imaze imyaka […]Irambuye

Syria: Mu ibanga rikomeye Perezida Assad yasuye U Burusiya

Bashar al-Assad Perezida wa Syria yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Moscou, uru nirwo ruzinduko rwa mbere agiriye hanze y’igihugu cye kuva intambara igamije kumuhirika yakwaduka mu gihugu cye mu 2011. Muri uru ruzinduko rutunguranye, Assad yaganiriye na Perezida w’U Burusiya Vladimir Putin. U Burusiya bwatangiye kurasa n’indege inyeshyamba za Islamic State (IS) zirwanya ubutegesti bwa […]Irambuye

Ubusesenguzi: U Burusiya na USA bishobora gukozanyaho muri Syria

Ba Minisitiri b’ingabo muri Leta zunze Ubumwe za America n’uw’U Burusiya barahura mu biganiro by’imbona nk’ubone “bidatinze bishoboka” kugira ngo hirindwe koi bi bihugu byombi byasakirana mu gihugu cya Syria, nk’uko umwe mu badiplomate yabitangarije BBC. U Burusiya bwatangaje ko bwarashe misile 20 ku nyeshyamba buvuga ko ari iza ‘Islamic State’ (IS) kuri uyu wa […]Irambuye

U Burusiya bwamenyesheje Amerika ko bwatangiye kurasa kuri IS muri

Uburusiya bwatangaje ko indeje zabwo z’intambara zatangiye kurasa ku barwanya b’umutwe wa Leta ya kisilam (Islamic State, IS) urwanya ubutegetsi buriho muri Syria. Nkuko byatangajwe na Minisiteri y’ingabo indege zigomba kurasa ku hantu hose hari ibirindiro by’uyu mutwe, ku mamadoka yawo ndetse no ku bubiko bw’intwaro n’ibikoresho n’inzira z’itumanaho ryabo. Ngo ibyo bitero byatangiye kugabwa […]Irambuye

UN iri kunanirwa muri Syria kubera inyungu z’ibihangange – Ban

Umunyamabanga Mukuru wa UN, Ban Ki-moon, yemeye ko Umuryango w’Abibumbye wananiwe kugira icyo ukora ngo intambara muri Syria irangire kubera ubwumvikane buke mu bihugu by’ibihanganjye, ibihumbi by’abantu bikomeje gitikira, abandi batagira ingano bahunga umusubizo mu buryo butigeze bubaho muri iki kinyejana. Umunyamabanga Mukuru wa UN yatangarije ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza ko ibihugu by’ibihanganjye, […]Irambuye

en_USEnglish