Tags : Senderi

Senderi na Intore Tuyisenge mu ndirimbo yo gusigasira ibyagezweho

Itangira igira iti “Ibidakwiye nimbibona nzabivuga kuko ibyo Kagame yatugejeho ntawabisenya Ndeba we, oya oya kirazira…”. Ni indirimbo ‘Nzabiviga’ ya Eric Nzaramba AKA Senderi International Hit yaririmbanye na Intore Tuyisenge bombi bamenyerewe mu ndirimbo zigaruka kuri gahunda za Leta. Muri iyi ndirimbo yumvikanamo urusaku rw’umunezero w’abaturage, Senderi agaruka ku bikorwa by’indashyikirwa byaranze Perezida Kagame Paul […]Irambuye

Senderi yavuze ko indirimbo ye ‘Convention’ ubu ari yo ikunzwe

  Umuhanzi Senderi uzwi cyane nka International Hit yasusurukije abaturage bo mu murenge wa Cyumba mu Karere ka Gicumbi, mu ndirimbo yaririmbye harimo ‘Convention’, atangazwa n’uko bayizi cyane kandi ikiri nsya ndetse bamusaba kubaririmbira n’izindi afite zitandukanye. Hari ejo ku wa kane tariki 19 Mutarama 2017 yari yifatanyije n’Itsinda ry’Abanyamakuru n’abahanzi n’abanyabugeni bari mu bikorwa […]Irambuye

Naririmbiye abaturage miliyoni 6.5, murika album,…nkwiye Salax Award – Senderi

Senderi ‘International’ Hit arasaba abakunzi be n’abanyamakuru kumushyigikira akisubiza Salax Award mu kiciro cy’injyana nyafurika “Afro-beat”, kuko ngo abo bahanganye muri iki kiciro bose yabarushije ibikorwa. Mu mpamvu Senderi atanga zituma yumva akwiye iyi ‘award’ harimo ibitaramo yakoze ngo byamuhuje n’abantu abarira muri Miliyoni 6.5 muri 12 z’Abanyarwanda, ndetse n’igitaramo cye cyo kumurika ‘album’ ya […]Irambuye

Senderi ngo abaye umukobwa yakwifuza kugira isura nziza

Uyu muhanzi utajya abura udushya yaba mu mvugo cyangwa mu bikorwa bijyanye na muzika. Ubu aravuga ko aramutse abaye umukobwa igice yakwifuza ko kiba kiza kurusha ibindi ku mubiri we ari ukugira isura nziza kuko ngo ifasha cyane uyifite. Amazina ye amaze kuba menshi; Nzaramba Eric Senderi, Mafiyeri, Iranzi, Ask tomorrow, Harvard, Inkeragutabara, International Hit, […]Irambuye

PGGSS IV: Uko byagenze i Musanze mu gitaramo cya Live

Nyuma y’ibitaramo bibiri bya Live by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star , igitaramo cya gatatu cya Live cyabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Abahanzi bose uko ari 10 bari biteguye gutaramira abakunzi babo baje kubareba. Musanze ni umwe mu mijyi yo mu Rwanda ikunze kugira abafana benshi b’ibihangano by’abahanzi nyarwanda, Dore ko benshi […]Irambuye

en_USEnglish