Tags : Rwanda Revenue Authority

Abafundi bagaragaje ko kutagira umushahara fatizo bibagora gusora no kwizigamira

Mu kwezi gushize Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority (RRA) cyatangije gahunda yo gusoresha abafundi, gusa abafundi mu nama bagiranye n’iki kigo n’Ikigo gishinzwe Ubwiteganyirize bw’Abakozi, bagaragaje ko kutagira umushahara uzwi bahebwa, bikibabereye imbogamizi mu kwiteganyiriza no gusoreshwa. Mu kiganiro Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro n’Ikigo gishizwe Ubwiteganyirize bw’Abakozi byagiranye n’abahagarariye abubatsi, ababaji n’abanyabukorikori, […]Irambuye

Abubatsi na za Hotels barashinjwa kunyereza imisoro

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro ( RRA) kiratunga agatoki urwego rw’abubatsi n’amahoteli mu kudatanga neza imisoro n’amahoro, mu isuzuma bakoreye inzego zinyuranye mu gihugu ziriya ebyiri ngo nizo ziri inyuma mu gutanga uko bikwiye imisoro n’amahooro. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri ubuyobozi bwa RRA bwatangaje ko izi nzego zikomeje gutya zizahagurukirwa zigafatirwa byihariye. Richard […]Irambuye

Kumenyekanisha TVA nyuma y’amezi atatu, uburyo bwo koroshya ishoramari

Umusoro ku nyongeragaciro uzwi cyane nka TVA (Value Added Tax) washyizweho n’itegeko utangira gutangwa mu 2001 ku gicuruzwa cyose kiguzwe wari usimbuye ikitwaga ICHA (impot sur chiffre d’affaires). Ku bashoramari kumenyakanisha uyu musoro buri kwezi byajyaga bigora benshi, ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro ubu kivuga ko mu rwego rwo korohereza abashoramari ubu kumenyakanisha uyu musoro bikorwa […]Irambuye

“N’i Nyagasambu rirarema” ubu riremera ku zuba n’imvura

*Isoko rya Nyagasambu rizwi cyane mu amateka no mu ndirimbo ya Jean Christophe Matata *Abarirema bavuga ko rifunganye, abandi bacururiza ku zuba imvura yagwa bakazinga ibyabo *Abacuruzi bavuga imisoro batanga yakwiye kububakira isoko nibura bisanzuramo Rwamgana – Ni isoko rizwi cyane mu Rwanda kubwo kubw’imvugo yamamaye ngo “N’i Nyagasambu rirarema” ngo biva ku kuba cyera […]Irambuye

Muri RRA abakozi hagati ya 15 na 20 barirukanwa buri

Kuva kuri uyu wa mbere i Kigali hateraniye inama isuzuma ubunyangamugayo mu bigo bishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro mu bihugu byo mukarere k’Africa y’iburasirazuba. Mu Rwanda umukozi wese w’iki kigo ugaragaweho  gushaka gufasha umuntu mu buryo butemewe ahita yirukanwa ndetse ngo agakuriranwa nk’uko bitangazwa na Komiseri mukuru w’ikigo cy’imisoro n’amahoro mu Rwanda Richard Tusabe. Kubera iyi […]Irambuye

Leta igiye gufatira imitungo y’abayirimo imyenda y’imisoro ya Miliyari 80

Mu kiganiro ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukusanya imisoro n’amahoro (RRA) cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 08 Gicurasi, bwagaragaje ko itangwa ry’imisoro ritarimo kugenda uko byari bitaganyijwe, bikagaragazwa n’uko mu gihe habura igihe gito ngo umwaka w’ingengo y’imari wa 2013/14 urangire, imibare yo mu mezi icyenda ashize igaragaza ko hari imisoro isaga Miliyari 27 […]Irambuye

RRA yasinye amasezerano y'imikoranire n'ikigo cy'imisoro cyo mu Buholandi

Kuri uyu wa kane tariki 13 Werurwe 2014, Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro “Rwanda Revenue Authority (RRA)” cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo gishinzwe imisoro mu gihugu cy’u Buholandi, agamije gufasha u Rwanda kwigira ku buryo  Buholandi bukusanya imisoro n’amahoro no kugabanya ibibazo bijyana nabyo. Komiseri mukuru wa RRA, Richard Tusabe, n’uhagarariye u Buholandi basinye masezerano azamara imyaka ibiri, […]Irambuye

en_USEnglish