Gukosora: Mu Karere ka Rutsiro haravugwa ibikorwa by’uruhererekane byo kwiba Banki na Koperative yo Kubitsa no kugiriza Umurenge SACCO. Mu gihe kitarenze umwaka hibwe Banki y’abaturage y’u Rwanda, ubu haravugwa ubujura bwibasiye UMURENGE SACCO wa Mushubati wibwe kuri uyu wa kane tariki 24 Nzeri 2015, wibwe nyuma y’uko hibwe n’Ikigo nderabuzima cya Musasa. Mu nkuru yacu […]Irambuye
Tags : Rutsiro
Byukusenge Gaspard umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro Iburengerazuba ku cyumweru yagiye kuvurirwa mu bitaro bya Murunda nyuma yo kuvunika akaboko ubwo yariho akina umupira kuri stade Mukebera yo mu Rutsiro. Byukusenge yabwiye Umuseke ko koko yaguye mu kibuga igufa ryo mu rutugu rikava mu mwanya waryo akajyanwa kwa muganga ariko ubu barisubije mu mwanya waryo akaba ari koroherwa. Mayor Byukusenge […]Irambuye
Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Rutsiro, Perezida Paul Kagame yasabye abaturage gukora cyane bagafatanya n’ubuyobozi bwabo, na bo bakababaza iterambere, yavuze ko amanywa n’ijoro bakora kugira ngo biri Munyarwanda abone amashanyarazi, yijeje kandi abaturage ko mu myaka 10 bazahindura u Rwanda uzahaza akahayoberwa. Mu ijambo umuyobozi w‘akarere ka Rutsiro yagejeje ku bari baje kwakira […]Irambuye
Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Werurwe 2015 ushinzwe ubwisungane mu kwivuza mu karere ka Rutsiro ndetse n’ushinzwe imari mu karere ka Rutsiro batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakekwaho ibyaha byo kunyereza umutungo w’ubu bwisungane nk’uko bitangazwa na Polisi. Supt. Emmanuel Hitayezu umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba yabwiye Umuseke ko […]Irambuye
22 Nzeri 2014 – Ingaruka mbi z’ubwumvikane bucye hagati y’abayobozi mbere na mbere ngo zigira ingaruka mbi ku baturage. Minisitiri Francis Kaboneka mu muhango wo gutangiza ukwezi kw’imiyoborere ku rwego rw’igihugu, yabwiye abayobozi ko akarere katatera imbere mu gihe abayobozi bafite ubwumvikane buke. Muri uyu muhango Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko abaturage babona inyungu n’akamaro […]Irambuye
Iburengerazuba – Mu Akarere ka Rutsiro mu murenge wa Mushonyi, akagari ka Rurara kuri uyu wa mbere tariki 01 Nzeri inkuba yakubise abana 10 bo mu kigo cya Ecole Primaire Umucyo babiri muribo bahita bitaba Imana, abandi umunani barahungabana. Gaspard Byukusenge umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, yabwiye Umuseke ko iki kibazo cyabaye ahagana saa kumi z’umugoroba wo kuri […]Irambuye
Rutsiro – Urubyiruko rusaga 696 rw’abahoze barasaritswe n’ibiyobyabwenge no kuba mu muhanda rwari ikibazo ku muryango nyarwanda rwasoje amasomo yo kurusubiza ku murongo (rehabilitation) no kwiga imyuga, ubu bakaba bagarutse mu muryango nyarwanda ari ibisubizo nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’ikigo ngororamuco cya Iwawa mu muhango wo kubaha impamyabumenyi kuri uyu wa 01 Kanama. Nyuma y’amasomo y’umwaka, uru […]Irambuye