Tags : Richard Tusabe

Rukumberi: RRA igiye gukoresha miliyoni 45 Frw yubakire inasanire abarokotse

*Prof Dusingizemungu ati “ntihakenewe inkunga y’ibintu gusa… Kuri uyu wa Gatandatu abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahooro (RRA) bakoranye umuganda udasanzwe n’abaturage mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma mu gikorwa cyo gutangiza imirimo yo kubaka amazu atatu azatuzwamo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, iki kigo kandi kizasana andi mazu 25, byose bikazatwara miliyoni 45 y’u […]Irambuye

Muri PAC, RRA yisobanuye ko Miliyari 21 Frw yananiwe kwishyuza

*Amenshi muri izi miliyari 21 amaze imyaka ine, miliyari 4 muri yo zimaze imyaka 10, *Komiseri mukuru muri RRA yemereye abadepite ko mu gutanga ibi bihano, bihanukiriye *Andi makosa: Hon Clotilde ngo ikibazo kibaye ubushobozi bucye na ruswa, ni kuri RRA yose. Imbere ya Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amatekegeko (PAC), […]Irambuye

Muri RRA abakozi hagati ya 15 na 20 barirukanwa buri

Kuva kuri uyu wa mbere i Kigali hateraniye inama isuzuma ubunyangamugayo mu bigo bishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro mu bihugu byo mukarere k’Africa y’iburasirazuba. Mu Rwanda umukozi wese w’iki kigo ugaragaweho  gushaka gufasha umuntu mu buryo butemewe ahita yirukanwa ndetse ngo agakuriranwa nk’uko bitangazwa na Komiseri mukuru w’ikigo cy’imisoro n’amahoro mu Rwanda Richard Tusabe. Kubera iyi […]Irambuye

RRA yinjije miliyari 769 z’imisoro muri 2013-2014

Nk’uko byatangarijwe abanyamakuru kuri uyu wa 4  Kanama 2014  ubwo hatangizwaga ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’umusoreshwa, Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyakiriye amafaranga yose hamwe agera kuri miliyari 769 harimo n’imisoro. Imisoro yonyine iki kigo cyakiriye miliyari  758,6 mu mwaka w’imari wa 2013-2014. Richard Tusabe Umuyobozi iki kigo cy’imisoro n’Amahoro  avuga ko bageze kuri 96% […]Irambuye

Leta igiye gufatira imitungo y’abayirimo imyenda y’imisoro ya Miliyari 80

Mu kiganiro ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukusanya imisoro n’amahoro (RRA) cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 08 Gicurasi, bwagaragaje ko itangwa ry’imisoro ritarimo kugenda uko byari bitaganyijwe, bikagaragazwa n’uko mu gihe habura igihe gito ngo umwaka w’ingengo y’imari wa 2013/14 urangire, imibare yo mu mezi icyenda ashize igaragaza ko hari imisoro isaga Miliyari 27 […]Irambuye

RRA yasinye amasezerano y'imikoranire n'ikigo cy'imisoro cyo mu Buholandi

Kuri uyu wa kane tariki 13 Werurwe 2014, Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro “Rwanda Revenue Authority (RRA)” cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo gishinzwe imisoro mu gihugu cy’u Buholandi, agamije gufasha u Rwanda kwigira ku buryo  Buholandi bukusanya imisoro n’amahoro no kugabanya ibibazo bijyana nabyo. Komiseri mukuru wa RRA, Richard Tusabe, n’uhagarariye u Buholandi basinye masezerano azamara imyaka ibiri, […]Irambuye

en_USEnglish