Tags : PSF-Rwanda

EU ngo ifitiye ikizere ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda

Abashoramari bo mu bihugu bigize umuryango w’Ubuwe bw’Uburayi n’abo mu Rwanda bari mu biganiro bigamije kureba amahirwe ari mu ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda. Uhagarariye uyu muryango mu Rwanda, Michael Ryan avuga ko EU ifite icyizere mu ishoramari ry’uru rwego rw’ingufu mu Rwanda ndetse ko bifuza ko abashoramari bakomeza kwiyongera kugira ngo bafashe Leta y’u […]Irambuye

Caguwa iracyahari…Abazayikura muri Uganda na DRC ntawuzababuza -Min. Kanimba

*I Kigali, hagiye gutangira ‘Made in Rwanda Expo’ yitezweho ishusho y’ibikorerwa mu Rwanda, *Min Kanimba ati “ Ibikorerwa mu Rwanda biraciriritse ariko n’izibika zari amagi.” I Kigali kuri uyuwa Gatatu, Taliki ya 14 Ukuboza haratangira imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda, ryiswe ‘Made In Rwanda Expo’. Minisitiri w’Ubucuruzi; Inganda n’ibikorwa bya EAC, Franocis Kanimba avuga ko gahunda […]Irambuye

Expo 2017: Nta bavuzi gakondo bazayitabira

*Byitezwe ko izasurwa n’abasaga ibihumbi 320, ikazaha akazi abagera muri 3 000 Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, Stephen Ruzibiza avuga ko mu Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’u Rwanda ry’uyu mwaka wa 2016 (Expo Rwanda 2016) rizatangira kuri uyu wa 27 Nyakanga, nta bavuzi gakondo bazaryitabira kuko amategeko abuza ko imiti yamamazwa, akavuga ko atari PSF yabahagaritse. Mu […]Irambuye

PSF na MINEAC bagiye guhura n’abikorera bo gihugu hose

Guhera kuri uyu wa kane, tariki 17 Nzeri, Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) na Minisiteri Ishinzwe umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (MINEAC) baratangira gahunda yo kuzenguruka uturere twose uko ari 30 tugize igihugu baganira n’abikorere kugira ngo barebera hamwe ibibazo abikorera bahura nabyo, ndetse no kureba uko babyaza umusaruro amahirwe agaragara mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC). […]Irambuye

Abantu 270 000 biteganyijwe ko ari bo bazasura EXPO ya

EXPO Rwanda 2015 ku nshuro ya 18 ngo biteganyijwe ko izitabirwa n’abantu bagera ku 27 000 nk’uko bitangazwa n’Urugaga rw’Abikorera rufatanyije na Minisiteri y’ubucuruzi bayitegura. Iri murikagurisha rizatangira kuwa gatatu tariki 29 Nyakanga kugeza kuwa 12 Kanama 2015. Abacuruzi 383 nibo bazamurika ibikorwa byabo, muri bo 277 ni abikorera bo mu Rwanda naho 106 ni […]Irambuye

en_USEnglish