Tags : Philippines

Philippine: Imfungwa 150 zatorotse uburoko icyarimwe

Nibura umuntu umwe yasize ubuzima muri iki gikorwa cyo gutoroka uburoko muri “Philippine Prison Break”. Imfungwa zibarirwa ku 150 zasimbutse gereza iri mu majyepfo y’ibirwa bya Philippines nyuma y’uko abantu bitwaje intwaro bateye iyo gerereza. Ubuyobozi bw’igihugu burakeka ko icyo gitero cyagabwe n’abantu bafitanye isano n’Umutwe wa Kiyisilamu ushaka ko ako gace kigenga. Abantu babarirwa […]Irambuye

2016: Havumbuwe amoko 133 mashya y’inyamaswa n’ibimera

*Ngo aya yavumbuwe ni macye cyane ugereranyije n’akekwa…Ngo ni 10% gusa… Abahanga bo mu kigo cy’ubushakashatsi cyo muri California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Dr  Shannon Bennett baratangaza ko havumbuwe amoko mashya 133 y’inyamaswa n’ibimera byavumbuwe mu mazi, mu mashyamba no mu butayu mu bice bitandukanye ku Isi.  Muri aya moko mashya y’inyamaswa n’ibimera […]Irambuye

Philippines: ‘Mayor’ ari mubarashwe na Polisi bakekwaho gucuruza ibiyobyabwenge

Umuyobozi w’agace ka Saudi Ampatuan yari yashyizwe ku rutonde rw’abantu Perezida Rogrigo Duterte wa Philippines yamenye ko baba bagira uruhare mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge. Abapolisi bashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Philippines, bamurashe ari kumwe n’abantu  bakoranaga icyenda nyuma yo kurwana na Polisi. Uyu muyobozi witwa Samsudin Dimaukom, yayoboraga agace kitwa Saudi Ampatuan, ni umwe mu bantu 150, […]Irambuye

Perezida wa Philippine ngo Imana yamubujije kongera gutukana

I Manila muri Philippine, Perezida w’iki gihugu, Rodrigo Duterte uherutse kwita Perezida Barack Barack Obama ko ari ‘umuhungu w’Indaya’  akanamusaba kujya I kuzimu, yavuze ko yasezeranyije Imana ko atazongera kuvuga amagambo nk’aya atayihesha icyubahiro. Uyu muperezida uzi ku izina ry’Umuhannyi (the Punisher), azwiho kutihanganira abacuruzi b’ibiyobyabwenge aho amaze guhanisha banshi igihano cy’urupfu kuva yajya ku […]Irambuye

Perezida wa Philippines yumva Africa na China byava muri UN

Perezida w’ibirwa bya Philippines, Rodrigo Duterte yavuze ko igihugu cye gishobora kuva mu Muryango w’Abibumbye (UN), nyuma y’uko uyu muryango unenze cyane intambara yashoye mu kurwanya ibiyobyabwenge aho UN ivuga ko ibyo akora binyuranye n’amategeko mpuzamahanga. Ndetse we yumva Africa n’Ubushinwa nabyo byayivamo bagakora undi muryano. Duterte yavuze ko azasaba U Bushinwa n’ibihugu bya Africa […]Irambuye

en_USEnglish