Tags : Paul Kgame

U Rwanda na Gabon byakuyeho amafaranga acibwa uhamagaye hanze

Kuri uyu wa mbere, mu biganiro ku mugambi wo kugira umugabane wa Africa isoko rimwe mu ikoranabuhanga “Smart Africa”, u Rwanda na Gabon byakuyeho amananiza mu bijyanye no guhamagarana hagati y’ibihugu ibyitwa “Roaming Charges”. Imibare igaragaza ko nyuma yo koroshya uburyo bwo guhamagarana mu bihugu bigize umuhoora wa ruguru, guhamagara na telephone hagati y’ibihugu bigize […]Irambuye

Abari mu bwigunge ku kirwa cya Mazane bagiye gutuzwa mu

Abaturage bo ku kirwa cya Maazaane kiri mu kiyaga cya Rweru no hakurya y’uruzi rw’Akagera ahitwa Sharita bategerezanyije amatsiko gutuzwa mu nzu nziza bubakiwe na Leta  mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru hagamijwe ku bavana ku manegeka no mu bwigunge. Ubuzima ku kirwa cya Mazane buragoranye, abana benshi bigaga ntibarenze amashuri abanza, kwivuza […]Irambuye

2017 Abanyarwanda 90% bazaba bafite amazi meza, 38,6% bafite amashanyarazi

Abayobozi ba Minisiteri y’Ibikorwa Remezo bafite icyizere ko Abanyarwanda 100% bizagera muri 2019 bafite amazi meza, kandi ngo ni intego yo kugira amashanyarazi MW 560 mu mwaka w’ingengo y’imari 2017/18 izagerwaho, ingo 90 000 zikazashyirwamo amashanyarazi muri 2017. Gusa, imiyoboro itajyanye n’igihe haba ku mazi n’amashanyarazi iracyari ikibazo cyo kwihutishwa gukemura. Mu kwezi gushize kwa […]Irambuye

Magufuli na Perezida Kagame bazafungura ibiro by’Umupaka wa Rusumo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kuva kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata azatangira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda aho biteganyijwe ko azanitabira umuhango wo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri uru ruzinduko, Perezida Pombe John Joseph Magufuli azitabira gufungura inyubako irimo ibiro bikorerwamo n’inzego z’abinjira n’abasohoka ibihugu […]Irambuye

Umunyarwandakazi ashobora gukora ikintu cyose cyahindura igihugu – Mme Karera

Global Women’s Summit izabera mu Rwanda bwa mbere kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Werurwe, ngo izafasha Abanyawandakazi kwikuramo ubwoba, bakigirira icyizere bakumva ko bashoboye mu gukora ibikorwa byabateza imbere n’igihugu. Iyi nama izabera i Kigali, izitabirwa n’abantu 300 barimo abagore bamaze kugera ku iterambere rikomeye bazasangiza abandi ibyo bagezeho. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo […]Irambuye

en_USEnglish