Tags : Nyaruguru

DRCongo: Ladislas Ntaganzwa ukekwaho Jenoside yafashwe

Ladislas Ntaganzwa, umwe mu banyarwanda icyenda bakekwaho Jenoside bashakishwaga mu n’Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriwe gukurikirana abakoze Jenoside mu Rwanda rwabaga i Arusha, yatawe muri yombi nk’uko byatangajwe n’ishami ryasigariyeho uru rukiko. Ntaganzwa mu 1994 yari Burugumestre w’icyahoze ari Komini Nyakizu (ubu ni mu karere ka Nyaruguru), akekwaho kugira uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ibyaha […]Irambuye

Nyaruguru: Mu myaka 5 ishize abagera kuri 13,1% bakuwe mu

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyagarutse cyane ku musaruro wagezweho mu myaka itanu (5) ishize, ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwagaragaje ko bwaje ku buyobozi busanga igipimo cy’abatuye ako karere bari munsi y’umurongo w’ubukene kiri kuri 61%, na  none ubu imibare iheruka ikaba yaragaragaje ko bamanutse bakagera kuri 47,9%. Kubw’Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, HABITEGEKO Francois ngo uyu ni umuhigo ukomeye […]Irambuye

Mzee Gashaza wabaga munsi y’igiti, yatashye inzu yubakiwe

Nyaruguru – Mu ntangiriro z’uyu mwaka nibwo Umuseke watangaje inkuru y’uyu musaza w’incike wari umaze hafi imyaka ibiri aba mu kagonyi yagonze munsi y’igiti mu buzima buteye ubwoba. Bimeze kumenyekana, yaracumbikiwe yemererwa kubakirwa. Ibi byaratinze ariko byarangiye inzu yujujwe umusaza ahabwa n’ubufasha butandukanye, yatashye inzu ye muri week en ishize, ibyishimo ni byose, amashimwe ni […]Irambuye

Kodama, avanye muzika ye Nyaruguru, aje gukorera i Kigali ngo

Ni umuhanzi utaramenyekana cyane wakoreraga muzika ye iwabo muri Nyaruguru, ubu yaje gukorera i Kigali ngo arusheho kuzamura impano ye, kuyimenyekanisha no kugira ngo izamubesheho. Yitwa  Jean de la Croix Havugimana izina azwiho cyane ni Kodama, ni umuhanzi ukizamuka usanzwe ufite indirimbo enye muri muzika yatangiye gukora kuva mu 2010 ayikorera iwabo muri Nyaruguru. Kodama […]Irambuye

Nyaruguru: Mzee Gashaza wabaga munsi y’igiti, vuba araha inzu yubakiwe

Umusaza utishoboye Gashaza Celestin yari amaze igihe kinini mu karuri yagondagonze munsi y’igiti. Nyuma y’inkuru ku mibereho ye yari iteye inkeke yavanywe muri ako kazu aracumbikirwa atangira kubakirwa n’Umurenge wa Nyabimata aho atuye. Nubwo byafashe amezi atatu ariko ubu inzu ye azayitaha mu cyumweru gitaha nk’uko umuyobozi w’uyu murenge yabitangarije Umuseke. Uyu musaza amaze kubakirwa inzu […]Irambuye

Gatsibo: Rucagu yasabye Urubyiruko kurushaho kunga ubumwe

Mu muhango wo gusoza itorero ry’urubyiruko rwo mu Ntara y’Amajyepfo rugera ku 1114, Umuyobozi w’Itorero ku rwego rw’Igihugu Rucagu Boniface yabasabye kurushaho kunga ubumwe. Uyu muhango wabaye ku wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, mu kigo cya Gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Urubyiruko ruhagarariye urundi mu tugari no mu mirenge igize Uturere […]Irambuye

Nyaruguru: Ku Munini baratangira kuhubaka ibitaro bikomeye umwaka utaha

Inama y’Abaminisitiri iherutse kwemeza ko ibitaro bijyanye n’igihe byemerewe akarere ka Nyaruguru bizubakwa mu ngengo y’imari y’umwaka utaha wa 2015-2016. Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru yabwiye Umuseke yavuze ko ibi bitaro bizafasha abaturage batuye aha, ariko bikanafasha Abarundi n’abandi bose bagana aka gace barimo n’abakerarugendo bajya i Kibeho, ashimira Perezida Paul Kagame watanze iki gitekerezo. Ibi bitaro […]Irambuye

Umurenge wabuze AMABATI 20 yo gusakara inzu y’umusaza Gashaza!

*Hashize amezi abiri Umuseke ugaragaje ikibazo cy’uyu musaza w’incike *Ubuyobozi bw’Umurenge bwari bwabwiye Umuseke ko Umuganda umwe uzubakira uyu musaza *Umuganda washije ikibanza umufundi umwe arayizamura *Hashize IBYUMWERU Umurenge uvuga ko wabuze amabati 20 *Umusaza arakibaza impamvu atubakirwa kandi abasirikare barigeze gutanga amafaranga yo kumwubakira Nyaruguru – Hashize amezi abiri Umuseke utangaje ikibazo cy’uko umusaza Gashaza […]Irambuye

Umuhanda Kanyaru – Huye: Abagenzi baribaza niba barabaye Ibishyimbo

Amajyepfo, Nyaruguru – Abagenzi bakoresha umuhanda uva ku Kanyaru ugana i Huye mu mujyi bahangayikishijwe n’uburyo batwarwa kuko ku ntebe y’imodoka yagenewe kwicarwaho abantu bane hicaraho batanu cyangwa batandatu. Ngo ikibazo ni ubuke bw’imodoka. Gutenedeka biragenda bikagera n’imbere iruhande rwa shoferi. Aha ni ku mupaka wa Kanyaru w’u Rwanda n’u Burundi. Ahagana saa kumi n’imwe […]Irambuye

Nyaruguru: byinshi byagezweho ariko urugendo rwo ruracyahari

Mu muhango wo guhemba imirenge n’abafatanyabikorwa babaye indashyikirwa kurusha abandi, hanasinywa imihigo y’umwaka wa 2014–2015, Habitegeko Francois, umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru nyuma yo kwakira iyo mihigo kuwa gatatu tariki 20 Kanama yavuze ko hakwiye kwishimirwa ibyagezweho, ariko bakazirikana ko urugendo rukiri rurerure. Nyuma y’ukwezi hakozwe igikorwa cyo kwesa imihigo ku rwego rw’igihugu, mu karere ka […]Irambuye

en_USEnglish