Tags : Murekezi Anastase

Abagororwa bagira uruhare mu kwinjiriza umutungo Amagereza – Murekezi

Mu nama yo ku rwego rwa Africa ibera i Kigali, Minisitiri w’Intebe wayifunguye mu izina rya Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yabwiye abayirimo bahagarariye inzego z’Amagereza ko bakoresha abagororwa mu gushakira imitungo amagereza. Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi ni we wafunguye iyi nama ihuriwemo n’inzego zishinzwe imfungwa muri Africa, ikaba iba rimwe mu myaka ibiri, iy’uyu […]Irambuye

Gutanga serivise nziza ntibisaba ibihenze ariko umusaruro wabyo ni munini

Mu muhango wo kwizihiza Mmunsi Mpuzamahanga w’umurimo wabaye tariki ya 1 Gicurasi Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yibukije abakozi n’abakoresha guhora bita ku mitangire myiza ya serivise kuko ngo  bidasaba ibihenze ariko bigatanga inyungu nini cyane. Minisitiri w’Intebe avuga ko abakozi n’abakoresha bagomba gutanga serivise nziza mu rwego rwo kunoza umurimo bakora no kongera umusaruro bakura […]Irambuye

Muhanga: Min. Murekezi yatanze isomo ryo guhangana n’ibura ry’imvura

Mu gikorwa cy’umuganda cyabereye mu mudugdu wa Gasovu, Akagali ka Nyarunyinya, mu murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, kuri uyu wa Gatandatu Minisiteri w’intebe, Anastase Murekezi yasabye Abanyarwanda ko kuhira imyaka no gufata amazi babigira umuco mu rwego  rwo guhangana n’imihandagurikire y’ikirere. Nyuma yo kwifatanya n’abaturage muri iki gikorwa cy’umuganda cyabereye mu gishanga gihingwamo […]Irambuye

Dr Binagwaho wirukanywe muri Govt… Ati “Nize byinshi kandi mfite

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 12 Nyakanga, Perezida Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko yakuye muri Guverinoma Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, nk’uko bikubiye mu itangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe. Nyuma yo guhagarikwa yagize ibyo atangaza. Muri iri tangazo nta mpamvu y’uko haba hari ikosa Dr Agnes Binagwaho yazize, uretse kuba […]Irambuye

Ikibazo cy’ubushomeri mu barangije amashuri kiracyari ingorabahizi

Kuri uyu wa mbere i Kigali hatangiye inama y’akarere ivuga ku murimo, atangiza iyi nama, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta irajwe inshinga no kugabanya umubare w’abantu badafite akazi cyane cyane biganje mu barangije amashuri. Minisitiri w’Intebe yavuze ko ubushomeri bushobora kuba inzitizi ikomeye yo kugera ku cyerekezo U Rwanda rwihaye, Vision 2020 na […]Irambuye

Amafoto: Tujyanye gusura inyoni mu gishanga cy’Urugezi

Urugezi ni igishanga kinini gikora ku rutere twa Burera na Gicumbi, mbere cyari mu komini ya Kivuye, Butaro na Cyungo. Iki gishanga kizwiho kuba amazi agitembamo ariyo atanga amashanyarazi ku rugomero rwa Ntaruka, aho hakaba hariswe Rusumo bitewe n’amasumo ahari. Iki gishanga kandi ni iwabo w’inyoni zitandukanye, isandi, utubwanamajumbura, inceberezi (Abaho bayira incensheberezi), iyo nyoni […]Irambuye

en_USEnglish