Tags : Me Evode Uwizeyimana

Min. Evode arasaba ba Noteri kwikubita agashyi mu mitangire ya

*Kwishimira serivisi za ba noteri biri munsi ya 60%… Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibyerekeye itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, Evode Uwizeyimana yagarutse ku cyegeranyo cya RGB kigaragaza ko imitangire ya serivisi za ba noteri igicumbagira kuko iri munsi ya 60%, asaba aba bakozi ba Leta kwiminjiramo agafu kuko ibyemezo batanga biba bifite uburemere. […]Irambuye

Niba umuntu yishyuzwa miliyoni 10 ataratunga ibihumbi 200 urubanza ntirwashoboka

Abaturage mu murenge wa Karama mu karere ka Huye bavuga ko icyumweru cyahariwe gutanga ubufasha mu by’amategeko cyababereye ingirakamaro, bamwe bariyunze bababarirana ku manza z’imitungo, Me Evode Uwizeyimana wari wabasuye avuga ko imanza zishoboka zikwiye kwihutisha izidashoboka abantu bakumvikana kuko ngo niba umuntu yishyuzwa miliyoni 10 ataranatunga ibihumbi 200 urwo rubanza ntirwashoboka. Me Evode Uwizeyimana […]Irambuye

Ntawabujije abandi kuziyamamaza ariko wisunga umugabo mbwa mugakubitirwa hamwe-Evode

*Me Evode yibukije Abanya-Rubavu ko uwo Abanyarwanda benshi bifuza yababwiye ‘Yego’, *Ngo ntawaciwe intege. Ati “ Hari uwo se twaziritse amagura n’amaboko”, *Ati “ Ntabwo ndi muri Campaign ariko rusibiye aho ruzanyura.” Kuri uyu wa 10 Ukuboza, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Uburenganzira bwa muntu. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe […]Irambuye

Kumenya amategeko: Ntabwo naba ntaguze umunyu ngo ngure Igazeti…

*36% bavuze ko amategeko y’u Rwanda ari nta makemwa, 64% bavuga ko ari mu rugero… *Ku bushake bucye mu kuyamenya, Me Evode ati “Ntabwo naba ntaguze urwagwa ngo nge gusoma igazeti” Hagaragazwa ibyavuye mu bushakashatsi bugaragaza uburyo abaturage babona amategeko akoreshwa mu Rwanda, umuyobozi wungirije wa Komisiyo yo kuvugurura amategeko, Me Evode Uwizeyimana yavuze ko […]Irambuye

Imiryango irafunguye ku bifuza ko Itegeko Nshinga ridahinduka – Hon.

Mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru” gitambuka ku maradiyo atandukanye ya hano mu Rwanda arimo na Isango Star ari yo ikiyobora, kuri iki cyumweru Senateri Tito Rutaremara wari mu batumiwe yavuze ko ntawashyikirije Inteko Ishinga Amategeko  icyifuzo cyo kudahindura Itegeko Nshinga ngo asubizwe inyuma. Ni mu kiganiro cyari kigamije gusesengura ku busabe bukomeje gushyikirizwa Inteko Nshingamategeko abaturage […]Irambuye

en_USEnglish