Tags : Malaria

Burundi: Malaria imaze guhitana abasaga 800 kuva muri Mutarama 2017

Ku wa mbere Minisitiri w’Ubuzima, no kurwanya Sida, Dr. Josiane Nijimbere, yatangaje ko aho bigeze Malaria ari icyorezo cyugarije igihugu. Nijimbere yavuze ko guhera muri Mutarama 2017 abantu 800 bamaze gupfa bazira Malaria abandi miliyoni 1,8 bafashwe n’iyo ndwara. Imibare igereranya abarwaye Malaria n’abo yahitanye muri aya maze, yerekana ko Malaria mu Burundi yazamutseho 13 […]Irambuye

Malaria mu mibare: Mu mezi ane ya mbere ya 2016

*Kuva 2012 kugeza ubu Malaria yiyongereye kuri 300%, imfu ziyivaho ziyongera kuri 37% *Ubu ngo nta mpungenge z’ubuziranenge ku nzitiramibu ziri gutangwa Kuri uyu wa kabiri Minisiteri y’ubuzima yatanze ikiganiro cy’uko indwara ya Malaria ihagaze mu Rwanda n’ingamba zihari mu kuyirwanya kuko yiyongereye cyane mu bihe bishize, Dr Agnes Binagwaho yasobanuye ko mu mezi ane […]Irambuye

Mu myaka 15 Malaria yahitanye hafi Miliyoni 1.8 muri Afurika

*Tariki ya 25 Mata, Isi yose irizihiza umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malaria; *Hagati y’umwaka wa 2000-2014, Malaria yahitanye abantu 1,834,765…barimo 1,741,880 bo muri Afurika; *Kuva 2000-2014, mu Rwanda abahitanywe na Malaria ni 2,414; *MINISANTE ngo igiye gutanga Inzitiramibu 6, 201,501 mu Turere twose n’Ibigo by’amashuri. Icyegeranyo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) […]Irambuye

Abivuza Malaria mu Bitaro bya Gisirikare bariyongereye cyane

Kuwa gatanu tariki 22 Mata i Kigali hazabera inama yateguwe n’Ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe (RMH), igamije kureba impamvu Malaria yiyongera mu gihugu, bityo banashake umuti uhamye wo kurandura iyi ndwara. Ibitaro bya Gisirikare biaratanga ko mu mezi abiri abanza ya 2016 umubare w’abivuza Malaria waruse abakiriwe n’ibi bitaro mu mwaka wose wa 2014. Iyi […]Irambuye

Abanyarwanda bamenye gukoresha inzitiramubu Malaria yagabanuka

*Bamwe banga kuryama mu nzitiramubu bavuga ko ibabangamira, *Hari abatayikozwa kuko ngo ituma umuntu arara atutubikana (ashyuha cyane akabira ibyuya), *Hari abatazi kuyikoresha kandi bayifite, bakabuga ko “badwara Malaria kandi bafite inzitiramubu”, *Inzitiramubu irizewe kuruta ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu kwirinda kurumwa n’imibu itera Malaria. Muri iyi minsi mu Rwanda haravugwa ubwiyongere bukabije bw’indwara ya […]Irambuye

en_USEnglish