Tags : Magufuli

Magufuli yatumiwe mu ngendo 60 hanze y’igihugu yanga kujyayo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yatangaje ko yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kujya hanze y’igihugu nyuma y’aho abereye Perezida mu myaka ibiri ishize. Magufuli yabwiye abaturage ko ashaka gukorera Tanzania mbere na mbere. Ku wa kabiri tariki 4 Nyakanga ubwo yari mu gace ka Sengerema ageza ku baturage umuyoboro w’amazi meza nibwo yabitangaje. […]Irambuye

Tanzania: Radio ebyiri zafunzwe zishinjwa gutuka Perezida Magufuli

Kuri uyu wa mbere Leta ya Tanzania yahagaritse by’agateganyo Radiyo ebyiri zigenga, Magic FM ikorera Arusha na Radio 5 ikorera i Dar es-Salam zishinjwa gusebya no gutuka Perezida Magufuli no kubiba urwango. Minisitiri w’itangazamakuru, umuco n’imikino, Nape Nnauye yatangaje ko izi radiyo zafunzwe by’agateganyo kubera ibiganiro byatambutse byuzuyemo imvugo zibiba inzangano ndetse zishobora no guhungabanya […]Irambuye

Abanyarwanda tubahaye ikaze muri Tanzania muze mwisanga ni iwanyu –

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame na Mme Jeannette Kagame bakiriwe na Perezida John Pombe Magufuli i Dar es Salaam muri Tanzania, mu ruzinduko rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Perezida Magufuli akaba yatangaje ko Abanyarwanda bahawe ikaze muri Tanzania bakwiye kuza bisanga nk’abajya iwabo. Aba bakuru b’ibihugu bombi bagiranye ikiganiro […]Irambuye

Magufuli na Perezida Kagame bazafungura ibiro by’Umupaka wa Rusumo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kuva kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata azatangira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda aho biteganyijwe ko azanitabira umuhango wo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri uru ruzinduko, Perezida Pombe John Joseph Magufuli azitabira gufungura inyubako irimo ibiro bikorerwamo n’inzego z’abinjira n’abasohoka ibihugu […]Irambuye

Kagame mu ba Perezida 8 bitezwe muri Tanzania mu irahira

Kuri uyu wa kane tariki 5 Ugushyingo, Perezida mushya uherutse gutorerwa kuyobora Tanzania, Dr John Pombe Magufuli ubwo aza kurahira, byitezwe ko Abakuru b’ibihugu umunani bya Africa harimo na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bazitabira uyu muhango, uw’u Burundi ntazahakandagira. Mu bitezwe harimo Paul Kagame, Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe unayobora Africa yunze Ubumwe, Yoweri […]Irambuye

en_USEnglish