Tags : Kimihurura

Umwana wakoze ikibumbano cya Kigali Convention Centre yayitemberejwemo

Gisa Gakwisi afite imyaka 14, yamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyamabaga ubwo yakoraga ikibumbano cya Kigali Convention Centre, inyubako iri hafi y’iwabo. Kuri iki cyumweru uyu mwana yatemberejwe muri iyi nyubako, aherekekwe n’umuryango we. Icy’ingenzi ni uko yemerewe ko impano ye izatezwa imbere. Ubuyobozi bwa Radisson Blu Hotel nibwo bwayimutemberejemo nk’uko bwari bwarabyemeye nyuma yo kubona […]Irambuye

Kanombe, Kacyiru na Kimihurura harubakwa ‘Rond Point’ nshya (Amafoto)

Kubera inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izabera mu Rwanda mu kwezi gutaha, kuva tariki 10 kugera 18 Nyakanga, hirya no hino mu Mujyi wa Kigali harimo kubakwa ibikorwaremezo bishya. Uretse inyubako ya Kigali Convention Center yatwaye akayabo gasaga Miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika, imihanda, amahoteli n’ibindi bikorwaremezo birimo kubakwa. Kubera uburemere bw’inama, abakuru b’ibihugu […]Irambuye

Umutekano n’Isuku na byo ni zahabu u Rwanda rufite –

Kuri uyu wa gatandu mu gihugu hose habaye umuganda w’urubyiruko ugamije kurwanya icyorezo cya Malaria. Umuganda wakorewe kuri buri kagari, mu ka Rukiri I, muri Remera, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge yasabye abaturage kwita ku isuku kuko ari kimwe mu bituma n’abanyamahanga baza mu Rwanda. Umuganda w’urubyiruko wabaye kuri uyu wa gatandatu wari ufite insanganyamatsiko igira iti: […]Irambuye

PAC isanga ibibazo by’ingufu biterwa n’uko EWSA iyoborwa nabi

17 Nyakanga – Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko raporo ku igenzura yakoze ku kigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, amashanyarazi, isuku n’isukura n’ibibazo umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje muri iki kigo, Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite (PAC) yagaragaje ko ibibazo byavuzwe muri EWSA ntacyigeze gihinduka kubera imiyoborere mibi […]Irambuye

Imanza za Jenoside zahawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa- Prof

Mu muhango wo kwibuka abahoze bakoreraga inzego zo hjuru z’ubutabera bw’u Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata- Nyakanga 1994, wabaye kuri uyu wa Gatanu  ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ikirenga ku Kimihurura, Prof Sam Rugege yabwiye abari aho ko imanza z’abakoze Jenoside zihawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa kuko Jenoside ari icyaha kiruta ibindi byakorewe ikiremwamuntu. […]Irambuye

en_USEnglish