Tags : Kamonyi District

Abacuruzi baciriritse ngo batandukanye amafrw yo gukoresha mu rugo no

Abacuruzi baciriritse bahawe inguzanyo ntoya mu karere ka Muhanga na Kamonyi bamaze iminsi bari guhugurwa uko bakoresha neza iyi nguzanyo baba bahawe. Aba bacuruzi biyemerera ko batajya babasha gutandukanya amafaranga yo gukoresha mu ngo no mu bucuruzi, basabwe guhumuka bagacika kuri uyu muco. Ni mu mahugurwa y’iminsi ine yateguwe n’ikigo cy’imari iciciriritse (Cooperative of Progress […]Irambuye

Kamonyi: Ngo amapfa yatumye baca ukubiri n’ubusinzi

Rwamahungu Desire utuye mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka kamonyi avuga ko mu gihe cyo hambere muri aka gace hakunze kuvugwa ubusinzi ariko ko ubu bwabaye amateka kuko ntawe ukibasha kubona amafaranga yo kunywera ku buryo yagera aho gusinda. Avuga ko kimwe n’utundi duce two mu gihugu, muri Nyamiyaga naho hagezweho n’amapfa yatewe n’izuba […]Irambuye

Kamonyi: Ngo kuba avugira Inka ari umugore nta muco yangiza

*Yavugiye Inka mu muhango wo kwitura/Girinka na we ahita agabirwa… Mukankaka Gatalina wo mu murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi ni umwe mu bazwi mu gace atuyemo ko avugira inka mu mihango. Avuga ko adatewe ipfunwe no gufata inkuyu (ibyatsi baba bafite iyo bavugira Inka) n’ikibando ubundi akavugira inka, akavuga ko na byo ari […]Irambuye

Dr Mukabaramba ati “aho kwishyurira umuntu ‘mutuelle’ wamworoza ihene”

*Abanya-Kamonyi ntibemeranywa na Mukabaramba ko hari abo imibereho yabo yazamutse, *Imiryango 12 yorojwe ihene indi 10 yiturwa muri gahunda ya Girinka, Kamonyi- Mu gikorwa cyo gushyikiriza amatungo magufi y’ihene no kwiturana muri gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yavuze ko aho kwishyurira umuturage […]Irambuye

Kamonyi: Gutunganya  igishanga cya Mukunguli bigeze kuri 35%. Ngo hasigaye

Binyuze mu mushinga wo guteza imbere imishinga y’ubuhinzi bwo mucyaro uzwi nka RSSP (Rural Sector Support Project), Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) irimo kubaka ingomero zo gukwirakwiza amazi mu gishanga cya Mukunguli giherereye mu karere ka Kamonyi. Abakurikirana iyi mirimo bavuga ko igeze kuri 35%. Izi ngomero ziri kubakwa muri iki gishanga gihingwamo umuceri, zitezweho gukwirakwiza […]Irambuye

Kamonyi: Abahinzi barasaba imashini zo guhinga, ubuyobozi ngo ntibwazibonera buri

Mu muhango wo gutangiza ibikorwa by’igihembwe cya mbere cy’ihinga, bamwe mu baturage bahinga mu gishanga cya Kibuza mu Karere Kamonyi bavuze ko kudahingisha imashini biri mu bituma batabona umusaruro uhagije. Ubuyobozi bw’akarere bwo bukavuga ko butabonera buri muhinzi imashini ahubwo ko bakwiye kwishyira hamwe kugira bazikodeshe biboroheye. Ibikorwa byo gutangiza igihembwe cya mbere cy’ihinga, cyahuriranye n’icyumweru cyahariwe  […]Irambuye

en_USEnglish