Tags : Kacyiru

Kanombe, Kacyiru na Kimihurura harubakwa ‘Rond Point’ nshya (Amafoto)

Kubera inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izabera mu Rwanda mu kwezi gutaha, kuva tariki 10 kugera 18 Nyakanga, hirya no hino mu Mujyi wa Kigali harimo kubakwa ibikorwaremezo bishya. Uretse inyubako ya Kigali Convention Center yatwaye akayabo gasaga Miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika, imihanda, amahoteli n’ibindi bikorwaremezo birimo kubakwa. Kubera uburemere bw’inama, abakuru b’ibihugu […]Irambuye

Abanyamerika 20 ba ‘Peace Corps’ biyemeje gukorera neza u Rwanda

Mu nzu ituyemo ambasaderi wa America mu Rwanda ku Kacyiru kuri uyu wa 22 Kanama habereye igikorwa cyo kurahiza abakorerabushake 20 b’abanyamerika b’umuryango ‘Peace Corps’, Ambasaderi Donald W.Koran uhagarariye USA mu Rwanda yabasabye gukomeza gufatanya neza na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda guhindura ubuzima bw’abanyarwanda. Amb Donald Koran yavuze ko umuryango wa ‘Peace Corps’ wari inzozi […]Irambuye

“Ubuhanzi si ukuririmba gusa, natwe gushushanya biradutunze” – Nkusi

Kacyiru – Mu 2012 urubyiruko rwahuje umugambi rushing “Inema Art Center” ku Kacyiru mu karere ka Gasabo, bagamije guhurizahamwe impano yabo yo gushushanya no kuyibyazamo umurimo wabatunga. Batangiye ari batandatu, bose hamwe ubu ni 16. Kennedy Nkusi umwe muri bo, avuga ko gushushanya bibabeshejeho. Bashushanya ibintu bitandukanye ku nkuta, bashushanya ama’tableaux’, bashushanya abantu uko bameze […]Irambuye

Dr Biruta yahaye ububasha Prof Lwakabamba muri MINEDUC

Ku gicamunsi cya none kuwa 30 Nyakanga nibwo ku kicaro cya Ministeri y’Uburezi ku Kacyiru Dr Vicent Biruta yahererekanyije ububasha na Prof Silas Lwakabamba Ministre w’Uburezi mushya w’u Rwanda. Dr Biruta wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya yavuze ko uburezi ari ikintu gihindagurika kugirango hagenderwe ku ngamba nshya na politiki nshya hagamijwe kunoza ireme […]Irambuye

Nirisarike na Uzamukunda banze kuza mu mukino wo kwishyura Congo

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi kuva saa munani z’amanywa umutoza w’ikipe y’igihugu Stephen Constantine yavuze ko yatumiye myugariro Salomon Nirisarike na rutahizamu Uzamukunda Elias ngo baze gukinira ikipe y’igihugu Amavubi ariko bikarangira bataje ndetse batanavuze impamvu. Uyu mutoza w’umwongereza avuga ko yari yifuje gukoresha aba bakinnyi bombi ariko ko nta n’umwe muri bo wigeze […]Irambuye

Kacyiru: Yajyanye umwana w’imyaka 6 mu ishyamba amufata ku ngufu

Umusore w’imyaka 19 y’amavuko usanzwe ukora ubucuruzi bw’amakarita ya Telephone ku Kacyiru akurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka itandatu gusa, ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Nyakanga. Uyu musore aremera ibyo yakoze akanasaba imbabazi. Hari ahagana saa cyenda z’umugoroba uyu mwana w’umukobwa wiga ku ishuri ribanza rya Kacyiru ngo yari yize mu gitondo, […]Irambuye

en_USEnglish