Tags : John Rwangombwa

Imyenda y’u Rwanda igeze kuri 45% bya GDP, Min. Gatete

*IMF yagaragaje ko imyenda u Rwanda rufite iri kwiyongera cyane, *IMF iti “turakomeza gucungira hafi” *U Rwanda ruti “Nta mpungenge” Nyuma y’icyumweru itsinda ry’Ikigega mpuzamahanga cy’ubukungu “International Monetary Fund/IMF” riri mu Rwanda kugenzura uko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe, raporo yaryo yagaragaje ko buhagaze neza, ndetse inatanga inama z’ibikwiye kwitonderwa. Iyi Raporo yagaragaje ko imyenda y’u […]Irambuye

Uko BNR isobanura izamuka ry’ibiciro n’itakara ry’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda

Kuri uyu wa kane, Banki Nkuru y’igihugu (BNR) yatangaje ishusho y’ubukungu n’urwego rw’imari by’u Rwanda (Monetary Policy and Financial stability statement), byugarijwe n’izamuka rusange ry’ibiciro ku masoko, gukomeza guta agaciro kw’ifaranga ry’u Rwanda bigeze kuri 6.9%, ikinyuranyo cy’ubucuruzi gikomeje kuzamuka, inguzanyo zitishyurwa neza zigeze kuri 7% by’inguzanyo zitangwa na banki n’ibindi. Gusa, muri rusange ubukungu […]Irambuye

Nta ngaruka za ‘Brexit’ u Rwanda rurahura nazo – John

Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu John Rwangombwa yatangaje ko kugera ubu nta ngaruka za ‘Brexit ’ ubukungu bw’u Rwanda burahura nazo, akavuga ko ingaruka zishobora kuzarugeraho mu buryo buziguye ziturutse ku ngaruka ‘Brexit’ izagira ku bukungu bw’Isi n’ubundi butameze neza. Mu kiganiro n’abanyamakuru, John Rwangombwa yavuze ko abantu badakwiye kugira impungenge ko hari ingaruka zishobora […]Irambuye

Uyu mwaka ifaranga ry’u Rwanda rizata agaciro kuri 6%

*BNR yasobanuye impamvu idolari ryabuze *i$ ubu ngo ryihagazeho kuko ubukungu bwa Amerika bwasubiranye *Kuva mu kwa mbere kugeza ubu irinyarwanda ryataye agaciro kuri 3,6% *Kuva mu Ukuboza 2014 iri-Euro rimaze guta agaciro kuri 10,1% *Mu karere hari amafaranga yataye agaciro kugera kuri 20% Muri iyi minsi mu Rwanda haravugwa ibura ry’idolari ry’Amerika ndetse no […]Irambuye

Nta mpungenge z’umuvuduko w’ibiciro ku masoko – Rwangombwa

30 Nzeri 2014 – Mu nama ngarukagihembwe  ya Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yabaye kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nzeri, ubuyobozi bwa BNR bwatangarije itangazamakuru ko imibare  y’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko bumeza neza. Abayobozi ba BNR bamaze ko impungenge abaturage ku kibazo cy’uko  mu mezi atatu asigaye ngo uyu mwaka urangire, ibiciro bishobora kuziyongera […]Irambuye

Izamuka ry’ubukungu bw’igihugu rijyanye n’imibereho y’Abaturage – Rwangombwa

Mu kiganiro Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yatanze kuri uyu wa kane igaragaza uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze, ubuyobozi bw’iyi banki bwavuze ko ibipimo bigaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka cyagenze neza ku buryo nta mpungenge z’uko ubukungu bw’u Rwanda bwakongera kumanuka nk’umwaka ushize byabayeho kandi ngo igishimishije ni uko bujyana n’imibereho y’Abanyarwanda. Mu mwaka […]Irambuye

en_USEnglish