Tags : Iran

Minisitiri w’ingabo wa Iran ati “USA na Israel tuzazikubita mu

Mu kiganiro yahaye televiziyo y’igihugu cya Iran, Minisitiri w’ingabo zaho Gen  Hossein Dehghan yavuze ko igisirikare cye kiri gutegura intwaro zihagije, abasirikare n’ikoranabuhanga bihambaye bizatuma bakubita mu kico abo yise abanzi babo aribo USA na Israel. Ibi abivuze nyuma y’uko umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ayyatollah Ali Khamenei avuze ko igihugu cye kizafasha Hamas kurasa muri Israel nk’uko […]Irambuye

Imparangwe ziracika ku Isi, mu Rwanda ho ngo ntazigeze ziharangwa

Eugene Mutangana ushinzwe kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, (RDB) yabwiye Umuseke ko ibinyamajanja bita ‘Imparangwe’ (Cheetahs)  zitigeze ziba mu Rwanda. Mu mibare RDB bafite ya vuba, yerekana ko guhera muri 2013 kugeza mu bushakashatsi bwakozwe muri 2015 nta mparangwe basanze mu Rwanda. Ku isi hose hasigaye imparangwe 7 100 gusa mu gihe mu […]Irambuye

U Rwanda rwatangiye iperereza kuri “Project Sauron” imaze imyaka 5

Inzobere zo mu bigo mpuzamahanga bya Kaspersky Lab na Symantec bagaragaje umushinga w’ikoranabuhanga wiswe “Project Sauron” ukoresha ikoranabuhanga mu butasi bw’ibanga, ukaba ngo utata u Rwanda, Uburusiya, Irani, Ubushinwa n’Ubutaliyani. U Rwanda rwatangiye iperereza kuri uyu mushinga. Project Sauron, ni umushinga ukoresha ikoranabuhanga ryo kwinjira muri mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga by’abandi nta burenganzira ubifitiye ukaba […]Irambuye

Intambara y’Idini: Intumwa za Iran zahawe amasaha 48 ngo zive

*Amakimbirane ashingiye ku kuba igice kimwe cya Islam ari aba Sunni ikindi ari aba Shia *Iran ishyigikira aba Shia, Arabia Saudite (Saudi Arabia) ni Umubyeyi w’aba Sunni *Iyi ntambara y’Ubutita hagati ya Iran na Arabia Saudite yahindutsemo intambara y’umuriro w’amasasu ya Kalashnikov n’amabombe muri Yemen no muri Syria. Igihugu cya Saudi Arabia cyahaye amasaha 48 […]Irambuye

Syria: Mu ibanga rikomeye Perezida Assad yasuye U Burusiya

Bashar al-Assad Perezida wa Syria yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Moscou, uru nirwo ruzinduko rwa mbere agiriye hanze y’igihugu cye kuva intambara igamije kumuhirika yakwaduka mu gihugu cye mu 2011. Muri uru ruzinduko rutunguranye, Assad yaganiriye na Perezida w’U Burusiya Vladimir Putin. U Burusiya bwatangiye kurasa n’indege inyeshyamba za Islamic State (IS) zirwanya ubutegesti bwa […]Irambuye

Ubusesenguzi: U Burusiya na USA bishobora gukozanyaho muri Syria

Ba Minisitiri b’ingabo muri Leta zunze Ubumwe za America n’uw’U Burusiya barahura mu biganiro by’imbona nk’ubone “bidatinze bishoboka” kugira ngo hirindwe koi bi bihugu byombi byasakirana mu gihugu cya Syria, nk’uko umwe mu badiplomate yabitangarije BBC. U Burusiya bwatangaje ko bwarashe misile 20 ku nyeshyamba buvuga ko ari iza ‘Islamic State’ (IS) kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish