Tags : Inzara

Ibigori Kenya ihunitse ngo abaturage babirya rimwe bigahita bishira

Amakuru atangwa n’Ikigo cya Kenya gihunika kandi kigasaranganya ibinyampeke (National Cereals and Prodice Board) arameza ko mu bigega byabo basigaranye 5 000 090 kg  z’ibigori, ibi bikaba byagaburirwa abatuye kiriya gihugu inshuro imwe nk’manywa gusa bakabirya  bigahita bishira. Imibare yo muri 2015 yatangajwe n’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko muri uriya mwaka Kenya yari ituwe n’abaturaga barenga […]Irambuye

S.Sudan: Raporo ya UN ishinja leta ya Salva Kirr kwicisha

Raporo ya UN igaragaza ko bashingiye ku bushakashatsi bwakozwe na UN guhera muri Nyakanga 2016,  ibibera muri Sudan y’Epfo byerekena ko abo mu bwoko bw’aba Dinka bari kwica uruhongohongo aba Nuer bakoresheje uburyo butandukanye harimo no gukumira imfashanyo z’ibiribwa. Ubwoko bw’aba Dinka ni bwo Perezida Salva Kirr akomokamo, burashinjwa gukora ibikorwa UN ivuga ko bikorerwa […]Irambuye

Dukwiye guhora dutaka inzara ngo ni uko imvura itaguye? –

Petit Stade Amahoro – Kuri iki gicamunsi aganira n’abayobozi b’inzego z’ibanze kuva ku rwego rw’umudugudu, utugari, imirenge by’Akarere ka Gasabo, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye Abanyarwanda gufata amazi y’imvura, ndetse no gukoresha imigezi bakuhira aho guhora bataka inzara kubera ko imvura itaguye. Kuri uyu wa kabiri, Abayobozi mu nzego z’umudugudu, akagari, imirenge n’Akarere ka […]Irambuye

Nyaruguru nta nzara ihari, ariko imvura itinze kugwa byaba ibibazo-

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugura bwemera ko mu gihembwe cy’ihinga gishize umusaruro w’ubuhinzi wabaye mucye, gusa bukavuga ko nta nzara iri muri aka Karere, nubwo ngo imvura iramutse itinze kugwa byateza ibibazo bikomeye mu Karere. Mu Karere ka Nyaruguru kimwe no mu tundi turere dutandukanye tw’igihugu, havuzwe ikibazo cy’amapfa yagize ingaruka ku musaruro w’abahinze mu gihembwe […]Irambuye

Igenzura twakoze twasanze ingo 47 000 zifite ikibazo cy’ibiribwa –

*Mu Rwanda ngo nta nzara ihari ahubwo hari amapfa, ibi byateje impaka hagati ya Minisitiri n’abanyamakuru, *Minisitiri Mukeshimana Geraldine yavuze ko abajya Uganda bababa bagiye gushaka akazi, *MINAGRI irakora ibishoboka ngo ifashe abaturage binyuze mu kigega cya Leta, ariko igasaba abaturage gushoka ibishanga bagahinga, *Umuti urambye ku kibazo cy’inzara ngo ni uguteza imbere ibijyanye no […]Irambuye

Abantu Miliyoni 795 ku Isi bafite ikibazo cy’inzara

Raporo nshya ku kibazo cy’inzara ku Isi ‘global hunger index’ yasohotse mu ntangiro z’iki cyumweru iragaragaza ko abantu bagera kuri Miliyoni 795 mu mpande zose z’Isi cyane cyane mu bice birimo amakimbirane bahura n’ikibazo cy’inzara, muri Centre Afrique aricyo kirimo inzara ikabije ku Isi. Imibare igaragaza ko nibura umwana umwe muri bane (1/4) afite ikibazo […]Irambuye

en_USEnglish