Tags : Iburasirazuba

Byifashe bite Iburasirazuba? na Odette Uwamariya

Abayobozi b’Uturere tw’Intara y’Iburasirazuba hamwe na Guverineri wayo Odette Uwamariya ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru maze uyu muyobozi w’Intara atanga ishusho y’uko Intara ayoboye ihagaze, agaruka cyane ku bibazo biyugarije n’uburyo bateganya guhangana nabyo, cyane cyane izuba ryinshi n’ibindi….Mu mwaka mushya w’ingengo y’imari ugiye gutangira. Intara y’Iburasirazuba niyo ntara nini […]Irambuye

Division 2: Bugesera FC yegukanye igikombe cya shampiyona

18 Nyakanga 2015- ikipe ya Bugesera FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri nyuma yo gutsinda Rwamagana FC ibitego 2-0. Ibitego bibiri  by’ikipe ya Bugesera FC byatsinzwe na  David Nzabanita ku munota wa 29 na  Felix Ngabo ku munota wa 73 nibyo byahesheje umutoza wabo Noah Nsaziyinka igikombe cya shampiyona cy’icyiciro cya kabiri. Nsaziyinka […]Irambuye

Min Kaboneka YARAKARIYE BIKOMEYE inzego z’ubuyobozi Iburasirazuba

Mu nama nyunguranabitekerezo y’Intara y’iburasirazuba yateranye kuri uyu wa 08 Ukwakira i Rwamagana, igahuriza hamwe abayobozi barenga 1500 b’iyi ntara kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza kuri Guverineri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yagaragaje akababaro yatewe no gusanga hari abayobozi bamwe babujijwe kubaza ibibazo muri iyi nama kugeza ubwo ubwabo bamwoherereza ubutumwa bugufi (SMS) inama irimo. […]Irambuye

Kirehe: Umugabo yasambanyije ku ngufu UMUKOBWA WE w’imyaka 17

Umugabo witwa Ryumugabe Faustin w’imyaka 45  wo mu Karere  ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, ari mu maboko ya police i Kibungo mu karere ka Ngoma azira kuba mu ijoro ryo ku cyumweru yarasambanije umukobwa we ufite imyaka 17 y’amavuko ku ngufu. Uyu mugabo yemereye Umuseke ko ibyo ashinjwa ari byo yabikoze koko, gusa agatanga impamvu […]Irambuye

Urugomo ruravuza ubuhuha i Nairobi ya Kayonza.

Ba nyakamwe ntitugira ijambo; Umugore yansohoye mu rwanjye ndomongana; Umugabo yantanye abana; Ubasambanyi buravuza ubuhuha; Nta mugoroba hadakubitwa umuntu; Ntiwasiga akawe hanze ngo uze ugasange. Iburaasirazuba – Usibye kukubwira ko nta bibazo bindi bafite bidasaznzwe aha i Nairobi mu karereka Kayonza mu murenge wa Rukara mu kagari ka Rwimishinya, gusa bose bakomoza ku kibazo cy’urugomo […]Irambuye

en_USEnglish