Tags : Godefroid Niyombare

Niyombare ati”Sinifuzaga ubutegetsi”…Yamagana ubufasha bwavuzwe ku Rwanda

Maj Gen Godefroid Niyombare wahoze ari umukuru w’urwego rushinzwe iperereza mu gihugu cy’u Burundi ubu akaba ari mu buhungiro nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi i Burundi ntibimuhire. Avuga ko atigeze ashaka gufata ubutegetsi ahubwo ko yashakaga kubushyikiriza abaturage ubundi inzego za politiki zigakora umurimo wazo. Anahakana ubufasha bwavuzwe ko yahawe na Leta y’u Rwanda. Uyu […]Irambuye

USA yafatiye ibihano abayobozi 4 bakuru b’u Burundi

Mu ijambo yaraye agejeje ku Banyamerika, Perezida Barack Obama wa USA yavuze ko igihugu cye cyafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’u Burundi birimo kutabemerera gutembera mu mahanga no gufatira imitungo yabo. Muri bo harimo Gen Niyombare wari uyoboye Coup d’etat yapfubye na Guillaume Bunyoni, Minisitiri w’umutekano i Burundi ubu ufatwa nka nimero ya kabiri […]Irambuye

Putsch – Putschistes. Iri jambo wari uziko ryavuye kuri Hitler?

Mu gihe cy’iminsi ibiri (8–9/11/1923) Adolph Hitler n’inshuti ze zigera ku munani n’abarwanyi bo mu ishyaka ry’Aba Nazi bagerageje guhirika Republika ya Weimar (Federal republic) yayoboraga Ubudage. Habaye imirwano y’igihe gito, uyu mugambi warapfubye Adolph Hitler na bagenzi be barafungwa. Uku kugerageza guhirika ubutegetsi byiswe ‘Beer Hall Putsch’ cyangwa ‘Munich Putsch’. Ijambo riza kwamamara gutyo, ababigerageje […]Irambuye

Perezida Nkurunziza yasubiye mu biro bye

Updated 15/05/2015  2.30 p.m : I Bujumbura ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, mu nzira ajya mu biro bye, yari ashagawe n’abantu benshi bagendaga bamugaragariza ko bishimiye kugaruka kwe nk’uko umwe mu banyamakuru bigenga uri i Bujumbura Florian Ndayikengurukiye yabwibwiye Umuseke. Amakuru atangazwa na BBC yo avuga ko Nkurunziza yagarutse i Burundi aciye mu […]Irambuye

en_USEnglish