Tags : Gisozi

Abana bigishwa na IPRC East basuye Kigali Convention Center n’Urwibutso

Urubyiruko rufashwa gutegurirwa ejo heza muri gahunda zashyizweho n’Ishuri rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East), urwo rubyiruko rwitezweho gukurana inyota yo kugera ku bikorwa binini no kurwanya icyasubiza igihugu inyuma, ni  nyuma yo gusura Kigali Convention Center, agace kahariwe inganda n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uru rubyiruko rwasuye ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

Gisozi: ya nyubako ya ADEPR izajyamo Hotel, Radio na TV

Umushinga w’inyubako y’itorero ADEPR izakoreramo Hoteli y’iri torero, ndetse na Radio na Televiziyo zikiri mu mishinga irabura amezi abiri ngo bayitahe ku mugaragaro. Kugeza ubu imaze gutwara asaga Miliyari eshanu z’amafaranga y’u Rwanda. Ni umushinga watangiye mu 2007, ugiye kuzura nyuma y’imyaka icyenda (9) y’icyo bita ibibazo n’ibigeragezo binyuranye. Iyi nyubako yatwaye asaga Miliyari eshanu […]Irambuye

Stromae yakoze igitaramo cy’agatangaza ku Gisozi.

Nta gitaramo nk’iki byigeze biba mu Rwanda mbere y’iki. Umuntu umwe, ubuhanga budasanzwe, ubunyamwuga imbere y’abantu, ibyishimo bidasanzwe, umuziki unyuze amatwi byaranze igitaramo cya Stromae yakoreye ku Gisozi mu karere ka Gasabo. Inenge yabaye gutinda cyane gutangira ugereranyije n’igihe cyari cyavuzwe mbere. Imbaga nini y’abakunzi ba muzika y’uyu muhanzi w’umubiligi ukomoka mu Rwanda yari yakoraniye […]Irambuye

Kagame yasuye agakinjiro ka Gisozi, ashimira abishyize hamwe

Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri yasuye agace gakunze kwitwa Agakinjiro gaherereye ku Gisozi mu karere ka Gasabo. Aha huzuye amazu y’amagorofa y’ubucuruzi mu gihe gito yubatswe ahanini n’amakoperative ane y’abacuruzi bahoze bakorera mu kajagari ku Muhima hafi ya Gereza ya Kigali. Paul Kagame yabashimiye kwishyirahamwe n’umusaruro biri gutanga. Perezida Kagame […]Irambuye

Barbara, umukobwa wa George W.Bush yasuye urwibutso rwa Gisozi

Barbara Pierce Bush umukobwa w’uwahoze ari  perezida w’America George W.Bush kuri uyu wa 30 Nyakanga ari kumwe na bamwe mu bagize ihuriro rya Global Health Corps basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi. Global Health Corps, Barbara yagize igitekerezo cyo gutangiza mu 2008 ni ihuriro rigendera ku magambo agira ati “Ubuzima n’ubuvuzi […]Irambuye

Laurence MUSHWANA yatewe ishavu na Jenoside yakorewe Abatutsi

Mabedle Laurence MUSHWANA uyobora komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Afurika y’epfo, yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Gisozi, kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Nyakanga, avuga ko yatangajwe n’ibyo ikiremwa muntu cyakoze muri Jenoside, ariko ngo abantu bakwiye kwigira ku byahise bakubaka u Rwanda. Mu kiganiro na Umuseke umuyobozi wa komisiyo […]Irambuye

Umugore n'umugabo bafatanywe za Kanyanga ziva Uganda

Gisozi – Umugabo n’umugore bakurikiranyweho gushaka gukwirakwiza inzoga za Kanyanga, chief waragi n’izindi zikorerwa muri Uganda zitemewe mu Rwanda. Kuri station ya Polisi ku Gisozi aho Polisi yaberekanye kuri uyu mugoroba wo kuwa 15 Nyakanga, bombi bahakana ibyo baregwa bakavuga ko n’ubwo babifatanywe atari ibyabo. Gabriel yafatiwe ku mupaka wa Gatuna azanye izi nzoga i […]Irambuye

en_USEnglish