Tags : Evode Imena

Isomwa ry’urubanza rwa Evode IMENA rirasubitswe, umucamanza ngo yabuze umwanya

Isomwa ry’icyemezo cy’Urukiko rukuru ku bujurire bw’Ubushinjacyaha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Evode IMENA wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro rimaze gusubikwa kuri uyu mugoroba. Byari biteganyijwe ko nyuma yo kumva iburanisha ku mpande zombi mu cyumweru gishize uyu munsi Urukiko rufata umwanzuro niba Evode IMENA nawe afungwa by’agateganyo kimwe n’abagabo babiri […]Irambuye

Urukiko ubu ruri kumva ibisobanuro bya Evode IMENA mu bujurire

Kimihurura – Nk’uko byari biteganyijwe uyu munsi, Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe iby’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ubu ari imbere y’urukiko mu bujurire bw’Ubushinjacyaha ku mwanzuro w’Urukiko wari warekuye uyu mugabo by’agateganyo ariko bagafunga abo bareganwa nawe. Ubushize Evode Imena yari yasabye ko ahabwa iminsi micye akitegura kuburana kuko yari yabonye ihamagazwa kuburana n’Ubushinjacyaha […]Irambuye

E. IMENA wari Minisitiri ahakanye ibyo aregwa, ngo narekurwe ajye

* Ngo yahaye isoko kompanyi y’abagore b’abakozi bakorana * We na bagenzi be barashinjwa itonesha n’icyenewabo * Evode Imena yahakanye ibyo aregwa avuga ko ibyo yakoze byemewe n’amategeko * Yasabye ko bamurekura akajya kwirerera uruhinja Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mines, hamwe n’abagabo babiri bakoranaga nawe Kayumba Francis na Kagabo Joseph […]Irambuye

Evode Imena wari Minisitiri afungiye Itonesha yakoze akiri umuyobozi

Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Minisiteri y’Umutungo Kamere (MINIRENA) ari mu maboko ya Police kuva kuwa gatanu akurikiranyweho icyaha cy’itonesha yakoze akiri muri izi nshingano. Umuvugizi wa Police y’u Rwanda,  ACP Theos Badege amaze gutangariza Umuseke ko uyu wari umuyobozi afunze kuva kuwa gatanu. ACP Theos Badege yabwiye […]Irambuye

Ubu 10% by’ava mu bucukuzi azajya ateza imbere abaturiye ibirombe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri yemeje uburyo bwo gukoresha igice kimwe cy’umutungo ukomoka ku mabuye y’agaciro mu guteza imbere abaturage baturiye aho acukurwa. Minisiteri y’umutungo kamere (MINIRENA) yatangaje kuri uyu wa gatatu ko bahereye ku 10% by’azajya ava muri ubu bucukuzi. Hamenyerewe 5% by’ava mu bukererugendo ashyirwa mu bikorwa biteza imbere abaturiye za […]Irambuye

Kompanyi yo muri Oman ije gucukura amabuye mu Bisesero ku

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciryo y’Abashoramari bo muri Oman yasinye amasezerano y’ibanze na Leta y’u Rwanda ihagarariwe na RDB n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mine, y’imirimo y’ubushakashatsi no gucukura amabuye y’agaciro mu Bisesero mu karere ka Karongi. Ni ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 39 z’Amadolari ya Amerika. Iyi Kompanyi […]Irambuye

Rutsiro: Abaturage 43 bamaze guhitanwa n’ibirombe mu myaka ibiri

Mu gikorwa cy’Umuganda wabereye mu murenge wa Mukura mu karere ka Rutsiro, ugamije gutera ibiti no gusubiranya  ahantu hatandukanye   mu ishyamba rya Mukura hangijwe na bamwe mu baturage, bigatuma abarenga 40 bahasiga ubuzima,  Imena Evode  Umunyamabanga wa Leta muri Minisitiri y’Umutungo Kamere, yavuze  ko   leta igiye gufatira obihano bikaze  abangiza Ibidukikije kugira ngo aya makosa […]Irambuye

en_USEnglish