Tags : EAP

Rubavu: BRALIRWA na EAP batanze miliyoni 3 Frw ya Mutuelle

Mu bikorwa bibanziriza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya Gatandatu (PGGSS6) uruganda rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye BRALIRWA rutegura iri rushanwa rwatanze miliyoni 3 Frw zo kwishyura imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de Sante y’abantu 1 000 bo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu. BRALIRWA isanzwe ifatanya […]Irambuye

PGGSS7: Umuhanzi wa kabiri aho guhembwa miliyoni 7.5 azahembwa 4.5

Mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) rigiye kuba ku nshuro ya 7, ibihembo byari biteganyijwe byajemo impinduka ku bigenerwa umuhanzi wa kabiri aho kuzahembwa 7 500 000 Frw nk’uko byari bisanzwe azahembwa 4 500 000 Frw. Irushanwa Primus Guma Guma Super Star riterwa Inkunga n’uruganda rutunganya kandi rugacuruza ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA ni […]Irambuye

FINAL ya PGGSS 6 i Remera…Imyiteguro ya nyuma…

Harabura amasaha 48 ngo igitaramo cya nyuma cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star  ya gatandatu gitangire, aho kizabera muri parikingi ya stade Amahoro i Remera hari gutegurwa ngo hazace uwambaye tumenye uwamamaye kubarusha… Ibitaramo bimeze iminsi bibera mu Ntara kuva 14/05/2016 kugeza ubu, abahanzi 10 bari guhatana bagiye biyereka abakunzi babo ari nako babashishikariza […]Irambuye

PGGSS IV: Uko byagenze i Musanze mu gitaramo cya Live

Nyuma y’ibitaramo bibiri bya Live by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star , igitaramo cya gatatu cya Live cyabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Abahanzi bose uko ari 10 bari biteguye gutaramira abakunzi babo baje kubareba. Musanze ni umwe mu mijyi yo mu Rwanda ikunze kugira abafana benshi b’ibihangano by’abahanzi nyarwanda, Dore ko benshi […]Irambuye

PGGSS igeze muri LIVE: Amag the Black na Bruce Melodie

Primus Guma Guma Super Star kuri iyi nshuro ya kane abahanzi inyota yo kuryegukana ni yose, kuva aho ibintu bihindukiye aho hatarebwa ukunzwe gusa ahubwo hanarebwa ubuhanga bw’umuhanzi cyane mu kuririmba by’umwimerere, byatumye n’abahanzi batahabwaga amahirwe biyongerera icyizere. Amag the Black na Bruce Melodie nubwo ari ubwa mbere binjiye muri iri rushanwa ubu nabo ntibivana […]Irambuye

en_USEnglish