Tags : Dr Diane Gashumba

Gufata Telephone uvura umurwayi ni Serivisi mbi – Min. Dr.

Kuri uyu wa gatanu mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’umubuzima Dr. Diane Gashumba yatangaje ko impamvu bafashe umwanzuro wo kubuza abaganga kwinjirana Telefone mu kazi ari uko gufata Telefone uvura umurwayi ari Serivisi mbi umuganga aba ari guha umurwayi. Mininisitiri Dr. Gashumba yavuze ko bataciye Telefone mu mavuriro bya burundu, ahubwo ngo hazasigara Telefone imwe ikoreshwa […]Irambuye

U Rwanda rubaye urwa 2  muri Afurika ruhawe icyemezo cyo

Kuri uyu wa Gatanu Leta y’u Rwanda yahawe icyemezo kigaragaza ko  serivisi yo gutanga amaraso ku rwego mpuzamahanga itangwa mu buryi bunoze muri iki gihugu. U Rwanda rubaye igihugu cya kabiri muri Afurika byujuje ubuziranenge kuri iyi serivisi yo gutanga amaraso nyuma y’igihugu cya Namibia. Mu Rwanda kandi hatashywe inyubako izajya ihugurirwamo impuguke ziturutse mu […]Irambuye

Huye: Min Gashumba ngo abayobozi b’ibitaro bamanuke bajye guhangana na

Mu bukangurambaga bwo kurwanya no guhangana na Malaria, Minisitiri w’Ubuzima, Diane Gashumba yasabye abayobozi b’ibitaro n’abandi baganga kumanuka bakegera abajyanama b’ubuzima bakabafasha guhangana n’indwara ya Malaria ikomeje kuzahaza ubuzima bwa benshi mu karere ka Huye no mu bindi bice by’igihugu. Ubu bukangurambaga buri gukorwa na Minisiteri y’Ubuzima n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Mu karere ka […]Irambuye

Kuvura ku buntu abo mu cyiciro cya 1&2 nta gihombo

*Kwivuza kare byagufasha kutaremba ukaba wakwanduza abandi Malaria, *Abarwara Malaria bari 800 000 muri 2012, imibare imaze kugera kuri 3 900 000 muri 2015/16, *Abaturage barasabwa kuryama mu nzitiramibu, kurwanya ibizenga by’amazi mabi, gutema ibihuru, gufunga amadirishya kare. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’uko Malaria ihagaze mu gihugu n’ingamba zo kuyirwanya, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Diane […]Irambuye

Abagore bifite bagiye gutangiza “Igiseke” cyizafasha bagenzi babo bakennye kuzamuka

Kuri uyu wa gatandatu, habaye Ihuriro ry’Abagore bahagarariye Inama y’Igihugu y’Amabagore (CNF) ku rwego rw’akarere no ku rwego rw’igihugu ndetse na Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Dr Diane Gashumba, abagore bakaba bariyemeje ko bagiye gukusanya amafaranga muri gahunda yiswe Igiseke izafasha abagore badakora ku ifaranga kuzamuka. Muri iri huriro, abagore baheruka gutorerwa kuyobora abandi muri Komite […]Irambuye

Rwanda – Abana miliyoni 1,5 bagiye guhabwa Vitamine A ibafasha

Amajyaruguru – Byatangajwe mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana byakorewe mu karere ka Gicumbi ko muri iki cyumweru abana b’u Rwanda miliyoni 1,5 bagiye guhabwa Vitamine A ibafasha gukura neza. Aha Akarere ka Gicumbi kashimiwe ko kubyarira kwa muganga ku babyeyi bigeze ku kigero cya 97% naho gukingiza abana bikaba […]Irambuye

Dr Diane Gashumba, Maj Gen Musemakweli, Brig Gen Nzabamwita barahiriye…

Kuri uyu wa kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya mu nzego zinyuranye z’ingabo, ndetse na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Aba bayobozi bose yabasabye gukomeza iterambere bafasha abaturage kugera ku ntego bafite. Abarahiye ni Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr Diane Gashumba, Major General Jacques Musemakweli umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Brig General Charles Karamba […]Irambuye

en_USEnglish