Tags : Donald Kaberuka

Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye kuyobora – D.Kaberuka

*Kuva kuri uyu wa gatatu kugera kuwa gatanu u Rwanda rwakiriye “WEF on Africa” *Ibiganiro byabanje byibanze ku buryo urubyiruko rwa Afurika rwagira uruhare mu iterambere ryayo, *Urubyiruko rwasabwe kurenga imbogamizi ruhura na zo, rugakomera ku mugambi wo gutera imbere *Donald Kaberuka ati “Kuba urubyiruko ntibivuze ko ushoboye.” Mu biganiro byatangije Inama Mpuzamahanga ku bukungu […]Irambuye

Dr Kaberuka yashyizwe mu bagenzuzi 14 bakuru ba Rockefeller Foundation

Kuwa mbere, The Rockefeller Foundation yatoranyije Dr Donald Kaberuka ngo ajye mu nama y’abagenzuzi (board of trustees) bakuru b’iki kigo. The Rockefeller Foundation ni umuryango utegamiye kuri Leta uri mu ya mbere ikomeye cyane ku isi kandi ifite imari nini cyane. Inama y’abagenzuzi bakuru ba The Rockefeller Foundation iba igizwe n’abantu 14 bagenzura; gutera inkunga, […]Irambuye

Mfite ikizere ko uyu mwaka ubukungu bw’Africa buzazamuka – Dr

Mu ijambo risoza inama yari imaze iminsi ibiri ihuza ba rwiyemezamirimo bakomeye muri Africa “Africa CEO 2015”  yaberaga i Geneva mu Busuwisi,  umuyobozi mukuru wa Banki Nyafrica itsura amajyambere (AfDB) Dr Donald Kaberuka, yatsindagirije ikizere afite ko Africa izatera imbere mu bukungu uyu mwaka n’ubwo yanyuze mu bibazo bikomeye umwaka ushize. Yagize ati: “ Kuva […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 11 BAD yagarutse ku kicaro cyayo i Abidjan

Nyuma y’imyaka 11 ubuyobozi n’imikorere ya Banki Nyafurika itsura amajyambere “BAD” busa n’ubukorera mu buhungiro i Tunis muri Tunisie kubera intambara yashegeshe Cote d’Ivoire mu myaka ishize, kuwa kane Nzeri 2014 abakozi n’abayobozi b’iyi banki bose basubiye ku kicaro gikuru cyayo i Abidjan muri Côte d’Ivoire. BAD yari yimuriiye imirimo yayo hanzi y’ibiro bikuru byayo muru […]Irambuye

Obama yatangije inama yatumiyemo abayobozi ba Africa bose

Washington – Kuri uyu wa 05 Kanama Perezida Barack Obama wa USA na Vice Perezida we Joe Bidden bafashe umwanya munini bagaragaza ko Leta z’unze ubumwe za Amerika zitaye ku iterambere rya Africa, bagaragaza mu ngero no mu mibare ibyo Amerika imaze gukorera Africa. Nyuma hakurikiyeho ikiganiro kigufi cyahuriyemo ba Perezida Paul Kagame, Macky Sall […]Irambuye

Perezida Kagame yatangije kumugaragaro inama ya BAD mu Rwanda

Kuri uyu wa 22 Gicurasi imbere y’abayobozi b’ibihugu barimo uwa Mauritania, Gabon, Uganda na Senegal, abayobozi b’amabanki akomeye, abayobozi b’ibigo by’imari binini, umuyobozi wa African Union n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bya Tanzania na Africa y’Epfo, nibwo ku mugaragaro Inama nkuru ya Banki Nyafrika itsura amajyambere yatangijwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Dr Kaberuka Donald […]Irambuye

en_USEnglish