Tags : Bahame Hassan

Bahame Hassan wari mayor wa Rubavu n’uwari ‘Gitifu’ w’Akarere bakatiwe

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwakatiye Sheikh Bahame Hassan wari umuyobozi w’Akarere ka Rubavu hamwe na Christopher Kalisa wari  Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere igifungo cy’amezi atandatu  undi umwaka umwe (Kalisa), bahamijwe n’ibyaha bishingiye ku gutanga isoko binyuranyije n’amategeko inyubako y’isoko rya kijyambere ry’Akarere ka Rubavu. Sheikh Bahame Hassan n’uwari Noteri […]Irambuye

Sheikh Bahame Hassan yagizwe umwere n’Urukiko ku byaha bya ruswa

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane rwagize umwere Sheikh Hassan Bahame wahoze ari umuyobozi w’Akarere ka Rubavu ku byaha bya ruswa yari akurikiranyweho we na Judith Kayitesi wari noteri wa Leta. Urukiko rwahise rutegeka ko Bahame arekurwa. Judith Kayitesi waburanye yemera icyaha yavugaga ko yatumwe ruswa na Sheikh Bahame, Urukiko […]Irambuye

Rubavu: Abavugwaho kugurisha isoko bakatiwe iminsi 30

Mu rubanza rw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, urukiko rwa Rubavu kuri uyu wa gatanu rwanzuye ko abantu 7 bavugwa mu kugurisha isoko rya Gisenyi bafungwa by’agateganyo iminsi 30 mu rwego rwo kuba batatoroka cyangwa bakaba basibanganaya ibimenyetso igihe baba bafunguwe. Urukiko rwasubiye mu byo aba bantu barengwa n’Ubushinjacyaha ko birengagije nkana amategeko agenga itangwa ry’amasoko mu Rwanda […]Irambuye

Musanze: Urukiko rwanze ubujurire bwa Bahame Hassan

Urukiko rukuru urugereko rwa Musanze rwanze ubujurire bwa Sheikh Bahame Hassan wari umuyobozi w’Akarere ka Rubavu ndetse n’uwari noteri w’aka karere ku cyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Gisenyi cyo kubafunga iminsi 30 by’agateganyo. Aba bombi bari bafashwe muri Werurwe bakurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa yatanzwe na Mukamitari Adrienne ingana na miliyoni enye z’amafaranga y’u Rwanda zafatanywe […]Irambuye

Rubavu: Mu rubanza uwari Noteri yavuze ko yatumwe ruswa na

31 Werurwe 2015  – Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rwatangiye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo kuri Bahame Hassan wahoze ari umuyobozi w’Akarere ka Rubavu na Judith Kayitesi wari Noteri wa Leta muri aka karere bakurikiranyweho ibyaha byo kwaka no kwakira ruswa. Uyu wari Noteri yemeye icyaha avuga ko ruswa yari yayitumwe n’uwari umuyobozi we Bahame. Urubanza […]Irambuye

Rubavu: Mayor, ba Vice-Mayor na Gitifu w’Akarere bose Njyanama yabeguje

Kuri uyu wa 26 Werurwe 2015 Inama Njyanama idasanzwe y’Akarere ka Rubavu yateranye kuri uyu wa gatanu kuva saa tatu za mugitondo yafashe imyanzuro yo kweguza umuyobozi w’Akarere ka Rubavu (ufunze ubu), abayobozi bamwungirije ushinzwe ubukungu n’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, ndetse inahagarika burundu Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere kubera ubufatanyacyaha mu kugurisha mu buryo bunyuranyije n’amategeko inyubako […]Irambuye

Ingabo za JVM zaje mu igenzura ku mirwano hagati ya

Ku gasusuruko ko kuri uyu wa kane nibwo ingabo zo mu mutwe wo kugenzura imipaka y’ibihugu bya Congo, u Rwanda na Uganda (Joint Verification Mechanism) nibwo zageze mu kagari ka Rusura mu murenge wa Busasamana kugenzura ku mirwano yahereye ejo hagati y’ingabo za Congo n’iz’u Rwanda. Nibwo bwa mbere izi ngabo zidafite aho zibogamiye zije […]Irambuye

en_USEnglish