Tags : AUSummit2016

Amakuru yo gusubika amatora y’uzasimbura Dr Nkosazana ngo ni ibihuha,

*Ngo kuva Ejo, Komisiyo ya AU izaba ifite abayobozi bashya… Prof Vincent O. Nmihielle uyobora akanama gashinzwe amategeko mu buyobozi bw’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika aravuga ko amakuru akomeje kuvugwa ko amatora y’uzasimbura umuyobozi wa Komisiyo y’uyu muryango ucyuye igihe yaasubitswe ari ibihuhu kuko azaba ejo kuwa mbere. Uyu muyobozi w’akanama k’amategeko mu buyobozi bwa AU avuga ko […]Irambuye

Birakwiye ko duhinduka, twandike amateka mashya ya Africa – Kagame

Perezida Paul Kagame amaze kuvuga ijambo ry’ikaze ku bitabiriye inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali,  atangira yavuze ko UBUMWE ari igisobanuro cy’uko Abanyafrica bameze kunyuranye, ko Abanyafrica nibagira ubumwe ibintu byose bizahinduka hakabaho amateka mashya. Perezida Kagame yavuze ko ibisubizo by’ibibazo bya Africa bizaboneka ari uko habanje kubaho ubumwe bw’ibihugu […]Irambuye

‘Budget’ ya AU: 76% yavaga mu baterankunga, ubu AU igiye

*Ibitekerezo: Ngo uraye muri Hotel yajya atanga amadolari 2 buri joro, uteze indege akongeraho 10; *Uburyo bwakoreshwaga n’ibihugu by’ibinyamuryango mu gutanga inkunga bwahinduwe… Agaragaza ibyaraye biganiriweho n’Abakuru b’ibihugu na Guverinona ku nkunga igenerwa AU, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda, Amb. Claver Gatete yavuze ko 76% by’amafaranga yakoreshwa n’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yaturukaga mu baterankunga, ariko […]Irambuye

Afurika yunze ubumwe ntabwo yatereranye Libya – Dr Dlamini Zuma

Kuva mu mwaka wa 2011 muri Libya hatangira intambara yakuyeho uwari Perezida Muammar Gaddafi, Abanyalibya bafata umuryango wa Afurika yunze Ubumwe nk’uwabatereranye nk’uko byatangajwe n’umwe mu Banyalibiya bari mu Nama ya Afurika yunze Ubumwe. Dr Nkosazana C. Dlamini Zuma uyobora Umuryango wa Afurika yunze ubumwe avuga ko iriya mitekerereze isangiwe n’Abanyalibya benshi, gusa ngo sibyo […]Irambuye

Perezida Robert Mugabe yageze i Kigali

Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe ageze i Kigali kuri uyu wa 14 Nyakanga ahagana saa kumi n’imwe n’igice, aje mu mirimo y’inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali. Mugabe niwe muyobozi wa mbere mu bayobora ibihugu biri muri African Union ugeze mu Rwanda kwitabira iyi nama. Uyu muyobozi yahagurutse n’indege kuri […]Irambuye

Omar al-Bashir azaza mu Rwanda muri AU-Summit

Perezida Omar al-Bashir wa Sudan kuwa gatandatu ngo nawe azaza mu Rwanda kwitabira imirimo y’inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe ubwo ikiciro cy’abakuru b’ibihugu kizaba kigezweho nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru SudanTribune. Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC)  mu 2007 rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Perezida Al-Bashir, we na Guverineri w’Intara ya Kordofan witwa Ahmed Haroun […]Irambuye

en_USEnglish