Tags : Asia

Israel yabonye ibimenyetso ko Hamas ishaka kuyigabaho igitero

Ikinyamakuru, Asharq Al Awsat cyandika amakuru yo mu Burasirazuba bwo Hagati kiremeza ko muri iki gihe ingabo za Israel zongereye ibikoresho bya gisirikare mu gace gaturanye na Gaza ku buryo bigaragara ko ziteguye intambara. Biravugwa ko umwanzuro wo kongera ingabo za Israel n’intwaro mu Majyaruguru wafashwe mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’uko ubuyobozi bwa Israel […]Irambuye

Syria: Ibisasu by’indege za Amerika ku kigo cy’ishuri biravugwa ko

Ishami ry’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Syria (SOHR) ryatangaje ko abasivile 33 ari bo  bahitanywe n’igitero cy’indege za Amerika, cyagabwe mu ijoro ryo ku wa mbere mu ishuri riri mu mujyi wa Raqqa ryari ricumbikiye abavanywe mu byabo n’intambara. Ibitero bikorwa n’indege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika mu guhashya umutwe w’abarwanyi bo […]Irambuye

Umuvandimwe wa Perezida wa Korea ya Ruguru yiciwe muri Malaysia

Umuvandimwe wa Perezida Kim Jong-un, witwa Kim Jong-nam biravugwa ko yishwe arozwe mu murwa mukuru wa Malaysia, Kuala Lumpur n’abagore babiri bo muri Korea ya Ruguru bamusanze ku kibuga cy’indege nk’uko byemezwa n’abayobozi muri Korea y’Epfo. Mukuru wa Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un badasangiye nyina yiciwe muri Malaysia, nk’uko byemezwa n’Ibiro ntaramakuru Yonhap […]Irambuye

Ifumbire mvaruganda nta kibazo iteza ubutaka – Min Mukeshimana

*Abaturage ntibavuga rumwe ku kamaro k’ifumbire mvaruganda, *Hari abavuga ko iyo uyikoresheje ukeza, ubutaha ushobora kurumbya, *Iyi fumbire ngo nta kibazo itera ahubwo isaba ko uwayikoreshe akomeza akuyikoresha. Mu Rwanda, gukoresha ifumbire mvaruganda ntibikunze kuvugwaho rumwe mu bahinzi, ari abavuga ko yica ubutaka, gusa Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, kuri uyu wa mbere tariki 15 Gashyantare, yabwiye […]Irambuye

Impanuka zihitana abasaga miliyoni 1, 2 ku Isi buri mwaka

*Africa na bimwe mu bihugu bitaratera imbere cyane umubare w’abahitanywa n’impanuka uri hejuru *Ibyo bihugu bikennye n’ibitera imbere bifite 56% by’imodoka zose ku Isi, ariko abagwa mu mpanuka ni 90% by’imfu zose *Abamotari bari mu bahitanywa n’impanuka cyane kuruta abandi bakoresha imihanda Mu cyegeranyo cyasohowe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibunge ryita ku buzima (OMS) kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish